• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yababaje bikomeye ubutegetsi bw’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2025
in Regional Politics
0
M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yababaje bikomeye ubutegetsi bw’i Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 04/01/2025, umutwe wa M23 wigaruriye centre ya teritware ya Masisi ifatwa nk’ahantu hingenzi muri Kivu Yaruguru mu Burarasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu ni bwo ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga zabohoje zone ya Masisi.

Amakuru ava muri ibyo bice ahamya ko M23 yigaruriye aka gace nyuma y’intambara iremereye aho yari hanganye bikomeye n’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Amashusho yagiye hanze ubwo intambara yarimo ibere muri ako gace, yagaragazaga urujya n’uruza rw’abantu barimo bahunga bamwe berekeza Nyabiondo, Bukombo ndetse no mu tundi duce duherereye ahataberaga imirwano.

Depite watorewe muri Masisi, Alexis Bahunga yemeje ko M23 yafashe centre ya Masisi.

Yagize ati: “Birababaje kumenya ko centre ya Masisi yafashwe na M23.”

Minembwe.com yamenye ko zone ya Masisi yafashwe nyuma y’aho abarwanyi ba M23 bari bamaze gufata agace ka Mushebere. Aba barwanyi gufata ako gace byabahaye amayeri akomeye yo gufata centre nini ya Masisi.

Depite Alexis Bahunga yanasabye kandi guverinoma ya Congo gukora ibishoboka byose ikohereza ibikoresho nkenerwa, mu rwego rwo kugira ngo barwanye M23 bivuye inyuma.

Yavuze ko gufatwa kwa Zone ya Masisi bishobora guteza ibyago byinshi byo kuba na Walikale yafatwa yose, bityo n’umujyi wa Goma ukaba waja mu biganza byabo.

Hagataho imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ingabo za RDC, ariko uru ruhande rwa Leta rurwana ruri guhunga, ari nako uyu mutwe wa M23 ukomeza kugenda ubohoza uduce twinshi.

Tags: FardcM23Zone Masisi
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?