• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Ibyatangajwe na Lt.Gen Pacifique Masunzu ntibivugwa rumwe.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Ibyatangajwe na Lt.Gen Pacifique Masunzu ntibivugwa rumwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Lieutenant General Pacifique Masunzu, umwe wo muri FARDC uheruka guhabwa umwanya ukomeye mungabo z’iki gihugu, aho yahawe kuyobora zone ya gatatu, ifite icyicaro gikuru i Kisangani mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byagisirikare, Congo igabuyemo ama-zone atatu. Zone ya mbere ireba intara z’u Burengerazuba, iya kabiri ikagenzura intara zo hagati, icyicaro gikuru cyayo kiri i Lubumbashi, mu gihe zone ya gatatu igizwe n’intara z’u Burasirazuba, icyicaro cyayo kikaba kiri i Kisangani.

Zone ya gatatu Masunzu yahawe kuyobora iherereyemo Kivu y’Amajyaruguru, ahari intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Umusibo w’ejo hashize, nibwo Masunzu yakandagije ibirenge bye i Kisangani, amakuru akavuga ko yakiriwe n’abayobozi batandukanye bo muri FARDC.

Aho bivugwa ko yanatangiye iz’inshingano nyuma y’aho akoze ihererekanya bubasha n’uwo yasimbuye; ubwo umuhango wa remise warutangiye guhumuza, yaje kugeza ijambo kungabo, maze agira ati: “Ndabasaba kurangwa na discipline muri ibi bihe by’intambara, kuko umwanzi yamaze kugira uduce tumwe two muri zone nyoboye yigaruriye; bityo birasaba ko dushaka umuti.”
Yakomeje agira ati: “Umwanzi mvuga duhanganye ni u Rwanda ni ADF Nalu ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, undi mwanzi nanone dufite ni Twirwaneho iherereye muri Kivu y’Amajy’epfo (Sud Kivu).”

Nyamara kandi Masunzu yanatangaje ko Twirwaneho ikorana byahafi n’umutwe wa M23. Umutwe umaze igihe warazengereje ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ndetse kandi Lt Gen Pacifique Masunzu yasoje avuga ko bitoroshye namba, guhashya abo banzi yavuze haruguru.

Ibyo benshi bibaza, niba koko Masunzu ari butsinde iyi ntambara!

Abavuga ko ashobora kuyitsinda bashingira kukuba azi neza ibice yahawe kuyobora, kuko akomoka muri Kivu y’Amajy’epfo, kandi ko avuka mu bwoko bw’Abanyamulenge ari nabo bagize Twirwaneho akaba kandi ari umututsi aribo ahanini bagize umutwe wa M23.

Abavuga ko ntacyo azahindura, nabo bashingira kukuba ari hahandi abasirikare azarwanisha ni barya n’ubundi M23 ihora ikubita inshuro umunsi ku wundi.

Tags: FardcM23Masunzu
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yageze i Ccra.

Perezida Félix Tshisekedi yageze i Ccra.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?