• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yasubije EU na Amerika ibyo bayisabye byo kuva muri centre ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 8, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yasubije EU na Amerika ibyo bayisabye byo kuva muri centre ya Masisi.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Umutwe wa M23 watangaje ko udashobora kuva mu isantire nkuru ya teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ahar’ejo tariki ya 07/1/2025, Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi na Amerika basabye ko M23 yahagarika imirwano ndetse kandi ikava no muri centre ya Masisi iyo yafashe ku wa Gatanu w’icyumweru gishize.

EU na Amerika bivuga ko ifatwa rya centre ya Masisi rididinza ubushake bwagaragajwe mu gushaka ibisubizo bishingiye ku mahoro ku bibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umutwe wa M23 biciye mu muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda, yavuze ko kuva muri centre ya Masisi ngo kuko aka gace ari iwabo mu rugo.

Yagize ati: “Umuntu ntiyakwemera ko bamwica ngo bamurangize . Masisi ni gakondo yacu, ayo mazina yose ni twe twayise utu duce, dufite uburenganzira bwo kuhaba. Ntabwo tuhava.”

Yakomeje agira ati: “M23 irwana yirwanaho, kuko irwana isubiza ibitero by’ingabo za RDC.”

Uyu muvugizi yongeye kandi agira ati:”Twe ntabwo dufata, twisanga ahantu ari uko baduteye. Ntabwo twavuye muri Sabyinyo ngo dufate Jomba tudatewe . Baduteye intumwa zacu zagiye i Kinshasa gushaka ibiganiro by’amahoro, intambara itangirira aho kugeza magingo aya.”

Tags: AmerikaEUM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku guhamagara bidasabye network aho uri hose ku Isi.

Ibyo wa menya ku guhamagara bidasabye network aho uri hose ku Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?