• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri raporo nshya y’umuryango w’Abibumbye igaragaza ububugome bw’Ingabo za Kinshasa n’abategetsi baho.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2025
in Regional Politics
0
Intambara hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura, mu marembo ya Goma byakaze.
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri raporo nshya y’umuryango w’Abibumbye igaragaza ububugome bw’Ingabo za Kinshasa n’abategetsi baho.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Impuguke z’u muryango w’Abibumbye muri raporo nshya ziheruka gushyira hanze, zayigaragajemo ko abategetsi ba Congo bakwirakwiza amakuru asa naho ashaka gutesha agaciro u Rwanda n’umutwe wa M23.

Intambara ishamiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za RDC aho zifatanya n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, Wazalendo ingabo z’u Burundi, abacanshuro b’i Burayi, muri iyi raporo u ruhande rwa Leta rwagaragaye ko rutesha agaciro urwo bahanganye no gukwirakwiza amakuru y’impuha.

Ni raporo yasohotse ku ya 27/12/2024, ishingiye ku makuru yavuye mu bufatanye buri hagati y’Ingabo za MONUSCO na FARDC ndetse na Guverinoma ya Kinshasa. Icyakoze ubwo bufatanye butera kwibaza niba ayo makuru ari ayo kwizerwa, kubera ko MONUSCO inshingano zayo zishingiye ku kurengera abaturage, ariko ikaba ishinjwa gushigikira byimazeyo Leta ya Kinshasa itanga intwaro n’ibikoresho bya gisirikare ku mitwe ishinjwa guhungabanya umutekano w’abaturage mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Byongeye kandi, raporo ntiyaretse kuvuga ku buhamya bwatanzwe n’Abanyamuryango ba M23 aho bushimangira ibikorwa bibi bigaragara mu bufatanye bwa MONUSCO na FARDC mu guhungabanya umutekano w’abaturage muri iki gihugu.

Impuguke z’u muryango w’Abibumbye zanagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR, bamwe mu barwanyi bo muri uwo mutwe bagiye binjizwa mu matsinda atandukanye y’ingabo za RDC, kandi abategetsi b’i Kinshasa bakagaragaza ko abo barwanyi batakibaho.

Iyi raporo yanavuze ku bihuha byakwirakwijwe na Leta ya Kinshasa aho yavugaga ko umutwe wa M23 ukorana byahafi n’umutwe wa ADF, kandi uyu mutwe wa M23 urwanya uriya mutwe w’iterabwoba, usibye nibyo M23 yahakanye ubwo bufatanye yivuye inyuma mu byegeranyo yagiye ishyirahanze mu bihe bitandukanye.

Nanone kandi muri iyi raporo nshya, impuguke z’u muryango w’Abibumbye zagaragaje uruhare rw’abacanshuro b’i Burayi, abarenga 1.600 muri bo bakaba barwana ku ruhande rwa Leta, mu gihe imiryango mpuzamahanga irimo n’umuryango wa Afrika yunze ubumwe ibuza ibihugu binyamuryango gukoresha abacanshuro mu ntambara.

Ibyo bibaye mu gihe perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari aheruka kunenga impunguke z’u muryango w’Abibumbye kutagira icyo zikora mugihe zibona ihohoterwa rikorerwa abaturage bamwe muri RDC kandi rigakorwa n’abategetsi ba Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo ariko ziriya mpuguke za LONI zigakomeza kurebera.

Yashimangiye kandi ko M23 atari umutwe w’iterabwoba, hubwo ko ari umutwe wa politiki ugizwe n’Abanyekongo baharanira uburenganzira bwabo. Perezida Kagame yakomeje avuga ko iri tsinda ryorohereje gutahuka kw’abasivili bakuwe mu byabo n’intambara, ndetse rikarinda ibikorwa remezo byabo.

Tags: ImpugukeLoniraporo
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post

FARDC n'abambari bayo M23 ya birukanye mu tundi duce, maze iratubohoza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?