• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru ava i Lubumbashi agaragaza ubwicyanyi bwahabereye buteye agahinda.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2025
in Regional Politics
0
Amakuru ava i Lubumbashi agaragaza ubwicyanyi bwahabereye buteye agahinda.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ava i Lubumbashi agaragaza ubwicyanyi bwahabereye buteye agahinda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

I Lubumbashi umujyi mukuru uherereye mu cyahoze cyitwa Katanga, hiciwe abantu mu buryo budasanzwe, kuko bacishijwe imipanga nk’inyamanswa.

Abantu batanu b’abasivile ni bo bicishijwe imipanga i Lubumbashi; iki gikorwa kigayitse cyakozwe mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 14/01/2025.

Video ibyerekana, igaragaza umwe muri abo bantu batanu ko yatemaguwe ahagaze kugeza ba mwikije hasi ahita anacikana mu gihe abandi bagenzi be bane bamaze kwicwa nabo batemaguwe babajugunya mu cyobo cya ruhurura.

Muri iyi video hagaragaye n’umugore wasakuzaga cyane, agaragaza ko ibiri gukorwa ntahandi hantu byokorwa usibye muri RDC.

Ubundi kandi aho icyo gikorwa cyabereye, hagaragaye abantu benshi bari baje kureba.

Ubu bwicanyi, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga bwabereye neza mu gace kitwa Kamalondo. Aha akaba ari hafi cyane n’ikambi y’ingabo za Leta ya Kinshasa ya Kanvangu.

Si ubwa mbere ubwicyanyi nk’ubu bubera muri Congo, kuko ahanini bwanagiye bubera muri ibyo bice cyane, usibye ko kandi ibyo byagiye bigaragara n’ahandi henshi muri iki gihugu, i Goma, Bukavu, Beni, n’ahandi.

Kimweho ubwo bwicanyi bubaye mu gihe Lt Gen Pacifique Masunzu wahoze akuriye zone ya kabiri aho icyicaro gikuru cyayo kiri muri ibyo bice by’i Lubumbashi byabereyemo ubwo bwicanyi; kuri ubu areba zone ya gatatu, yo ifite icyicaro gikuru i Kisangani.

Tags: ImipangaLubumbashi
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibya Col. Lwamba ukuriye brigade ya 21 mu Minembwe urembeye Uvira.

Ibya Col. Lwamba ukuriye brigade ya 21 mu Minembwe urembeye Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?