Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2025
in Regional Politics
0
Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Umusirikare wo mu ngabo zirinda perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yafatiwe mu rusengero ruherereye i Lubumbashi arimo kwiba, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ku cyumweru ejo hashize, ni bwo uriya musirikare yafatiwe mu rusengero yibye Telefone.

Bivugwa ko Urusengero yibiyemo ruherereye muri Quartier ya Likasi yo mu mujyi w’i Lubumbashi.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza ko yibye telefone ya smart phone, ikaba yari iya pasiteri mukuru w’urwo rusengero yibiyemo.

Abakiristo b’urwo rusengero nibo bahise bamufata, bahita banamuhambira amaguru n’amaboko, ubundi batangira ku muhata ibibazo ari nako bamukubita ibiti n’inshyi nyinshi.

Ubwo bamuhataga ibibazo hari aho yashubije ko we ari uwo muri batayo ya kabiri yo mu ngabo z’irinda perezida Félix Tshisekedi ziherereye i Lubumbashi.

Muri aya mashusho, nta peta igaragara yambaye kurutugu rwe, ariko bamwe mu basirikare bamuzi bavuze ko ari Lieutenant.

Nyuma kandi bariya ba kristo, bongeye kumuhambira bundi bushya, ni mu gihe bafashe amaboko bayahambirira ku giti hejuru gishize, amaguru nayo aja hasi; ubwo ba mukubitaguraga inshyi n’ibiti ndetse n’ibipasu barimo banamubwira ko atari umwibyi gusa hubwo ko ari n’umwicyanyi.

Si igishyitsi gufata umusirikare wa Leta ya Kinshasa yiba, mu bihe byinshi barafatwa haba i Kinshasa, Goma na Bukavu n’ahandi.

Ahanini abasirikare ba Congo, biba kumpamvu zuko badahemberwa ku gihe, nk’uko byagiye bivugwa n’abasirikare benshi bafashwe biba mu bihe bitandukanye.

Tags: LubumbashiMu rusengeroTshisekediumusirikareYibye
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?