Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2025
in Regional Politics
0
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu ntara ya Kivu Yaruguru, wafashe uduce turi mu marembo y’umujyi wa Goma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Muri iki gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025, mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, ibyari bigize igihe biberamo ihangana rikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byazindutse biberamo urugamba rukomeye hagati y’izo mpande zombi, birangira uyu mutwe ubifashe.

Amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe avuga ko “iri ihuriro ry’ingabo za Leta riri guhunga riva mu bice byo muri grupema ya Kibumba ho muri teritware ya Nyiragongo.”

Nyuma y’aho iryo huriro rikijijwe n’amaguru rihunga muri ibyo bice byo muri teritware ya Nyiragongo, abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bahise babyigarurira.

Ibyo bice birimo Kanyamahoro, Mutaho, Rusayo na Kanyarucinya. Bikaba bizwi ko ibyo bice biherereye mu marembo y’umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Aya makuru anavuga kandi ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, imbunda ryifashishaga zikomeye mu gukumira umutwe wa M23 udafata umujyi wa Goma, ryazishinguye, uzihungishiriza muri uwo mujyirwagati.

Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kurwana berekeje i Goma.

Umuvugizi wa M23 muri iki gitondo, yatanze ubutumwa amenyesha ihuriro ry’Ingabo za RDC ko zigomba kwibuka ko amasaha 48 barihaye ryo kuba ryarambitse imbunda hasi, yegereje.

Avuga ko uyu mutwe wa M23 ushaka kubohora abaturage ba Goma bagize igihe bababaye, kandi ko abo baturage akaga bagizemo igihe bagatewe n’ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Tags: FardcGoma
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.

M23 yafunze ikibuga cy'indege cya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?