Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’urupfu rwa Col.Rugabisha umusirikare wo muri FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 1, 2025
in Regional Politics
1
260
SHARES
6.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’urupfu rwa Col. Rugabisha umusirikare wo muri FARDC.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Colonel Alexis Rugabisha umusirikare wo muri Leta ya Kinshasa yaguye ku rugamba iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 aho yapfiriye mu ntambara ziri kubera muri Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 31/01/2025, ni bwo uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel yarashwe, bikavugwa ko yarasiwe mu mirwano yarimo ibera Nyabibwe muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iyi mirwano yanasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye uduce turimo Mukwindja, Kinyenzire na Luhwa.

Umutwe wa M23 winjiye muri Kivu y’Amajy’epfo, mbere y’uko ufata umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ninyuma y’aho wari wafashe i centre nini yo muri iyi teritware ya Kalehe ari yo Minova, ndetse kandi ukaba wari wanigaruriye ikibuga cy’indege cya Buragiza giherereye mu nkengero ziyi centre ya Minova.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko Rugabisha akimara kuraswa yahise asubizwa inyuma, aha yari ataravamo umwuka asubizwa i Bukavu akaba ari naho yarangirije. Usibye ko andi makuru avuga ko yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ahita arangiza, umubiri we ujanwa i Bukavu.

Rugabisha wapfuye yahoze ari soma mbike wa Lt Gen Pacifique Masunzu ukuriye zone ya gatatu y’ingabo za RDC. Kuri ubu uherereye i Bukavu aka ari nawe uri gupanga iyi mirwano ku ruhande rwa Fardc.

Kurundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta irakomeje aho uyu mutwe ukomeje kwerekeza i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: Col.RugabishaFardcyapfuye
Share104Tweet65Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Mbeki w’Umunyafrika y’Epfo yavuze umuzi w’ikibazo cy’Abanyamulenge muri RDC n’uko cyakemuka.

Mbeki w'Umunyafrika y'Epfo yavuze umuzi w'ikibazo cy'Abanyamulenge muri RDC n'uko cyakemuka.

Comments 1

  1. Munyaburanga says:
    4 months ago

    Muzahindure apanaumutwe wa m23 ahubwo abasorebirwanaho

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?