Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 8, 2025
in Regional Politics
0
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda, mu nama ya SADC na EAC yagaragaje ukuri ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cye kidateze kuzemera ko Repubulika ya demokarasi ya Congo igicecekesha, ngo kuko iki gihugu gikomeje guteza umutekano muke u Rwanda.

Nibyo yagarutseho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08/02/2025, mu nama yahuje abakuru b’ibihugu n’abaje bahagarariye ibihugu byabo bo muri Afrika y’iburasirazuba, EAC n’Abibigize umuryango w’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, ikaba yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Muri iyi nama perezida Paul Kagame yavuze ko RDC idashobora gucecekesha u Rwanda ku bijyanye no kubungabunga umutekano warwo.

Yagize ati: “Congo Kinshasa ntishobora kutubwira gusa guceceka mu gihe barimo gutera ikibazo cy’umutekano muke ku Gihugu cyacu. Ntawe ushobora kutubwira ngo duceceke.”

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze ko abayobozi ba RDC n’ab’u Rwanda bagiye bavugana kenshi ku bibazo ngo bikemurwe ariko RDC ntibyumve.

Ati: “Twasabye RDC n’abayobozi bayo kuva kera, twagiye tuvugana ku kibazo cy’umutekano kandi tugasaba RDC kubikemura, ariko bakabyanga. Ntidushobora gusa n’abakanda cyangwa bagorara ibibazo. Ibibera ahari intambara ishingiye ku moko imaze igihe kinini itangiye, ihakana uburenganzira bw’amuntu hanyuma ikibasira u Rwanda. Ugomba kumenya uburenganzira bw’amuntu kandi ugatera intambwe ugakemura ikibazo.”

Perezida Paul Kagame yavuze kandi ko iyi nama ya SADC na EAC ikwiye kuba inzira nziza yo gutanga ibisubizo bihamye.

Ati: “Reka dukoreshe iyi nama mu buryo buzirikana ibyo bibazo byose, kandi tubone igisubizo kirambye.”

Yasobanuye kandi ko intambara ibera muri RDC, iki gihugu kiyishyira ku bandi ariko ko u Rwanda nta ruhare ruyifitemo.

Ati: “Iyi ntambara yatangijwe na RDC kandi nta kintu na kimwe cyaturutse ku Rwanda. Yarazanywe gusa iduterekwaho, maze dusabwa kuyigerekaho. Ntidushobora kuyigerekaho. Nta kibazo kirimo.”

Tags: EACRdcRwandaSADC
Share47Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka,” ibivugwa n’abari i Nyangezi.

Yasohotse bisanzwe ntiyagaruka," ibivugwa n'abari i Nyangezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?