Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yatanze isomo kuri FARDC, ifata n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 14, 2025
in Regional Politics
0
M23 yatanze isomo kuri FARDC, ifata n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yatanze isomo kuri FARDC, ifata n’ikibuga cy’indege cya Kavumu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Umutwe wa M23 wigaruriye ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye i Bukavu ahafatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ni amakuru uyu mutwe wemeje kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/02/2025, aho wayemeje ubinyujije ku muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka.

Ni mu gihe yakoresheje urubuga rwa x agira ati: “Nk’uko twakunze kubishimangira, twakemuye ikibazo tugisanze aho gituruka. Ikibuga cy’indege cya Kavumu cyari giteje ikibazo ku baturage bo mu duce twabohoye. Kuva ubu, Kavumu no mu nkengero zayo zirimo n’ikibuga cy’indege hari kugenzurwa na M23.”

Iki kibuga cyigaruriwe n’umutwe wa M23 nyuma y’uko wari umaze kucyirukanamo ibihumbi n’ibihumbi by’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta, zirimo iz’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo.

Minembwe.com yamenye neza ko iki kibuga cy’indege cya Kavumu kitabereyemo imirwano ikanganye, hubwo ko ihuriro ry’ingabo za Congo ryahise rikwira imishwaro nyuma yokubona M23 ikigezeho.

Ikindi nuko uyu mutwe wafashe n’indege z’intambara zari kuri iki kibuga cy’indege, aho ndetse wagifatiyemo n’ibibunda bikaze.

Mu busanzwe iki kibuga cy’indege cyari ingenzi ku ngabo za leta, kuko zacyifashishaga mu kugaba ibitero by’indege mu duce dutuwe cyane n’abaturage ndetse no ku birindiro bya M23.

Ifatwa ryacyo rirakurikira iry’uduce uyu mutwe uheruka gufata twa Kabamba na Katana yafashe uyu munsi, ndetse n’utundi turi mu nkengero z’iki kibuga.

Tags: BukavuIkibuga cy'indegeKavumuM23
Share44Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yashinjwe kugirwa inama akayanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?