• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Abasirikare ba Uganda (UPDF) bamaze kugera mu mujyi wa Bunia mu Ntara ya Ituri, nyuma y’iminsi mike umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda abitangaje, aho yavuze ko bazajyayo guhagarika ubwicyanyi bukorerwa Abahema abo yavuze ko ari amaraso ye.

Ku ya 15/02/2025, ni bwo General Kainarugaba Muhoozi yatanze itegeko ku nyeshyamba zose ziri muri uwo mujyi wa Bunia kurambika intwaro hasi mu gihe kitarenze amasaha 24.

Uyu mujyi wa Bunia uri mu ntera y’ibirometero 40 uvuye ku mupaka wa Uganda n’uwa RDC.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yavuze ko igihe ziriya nyeshyamba zitarambitse imbunda zabo hasi, ingabo ze zi zaza kubavugutira umuti.

Rero, ahar’ejo izi ngabo za Uganda zinjiye muri Bunia kujya kugoboka Abahema bicwaga amanywa n’ijoro.

Kimwecyo, igisirikare cya Uganda kwinjira muri Bunia ni ibyo cyumvikanyeho n’icya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), ndetse bikaba byaremeranyije kuzafanya kurinda uyu mujyi n’abaturage bawutiuriye.

Ni n’amakuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Félix Kulayigye, aho yatangaje ko umujyi wa Bunia kuri ubu ugenzurwa n’ingabo zabo zifatanyije n’iza Congo.

Ibyo bikozwe nyuma y’aho ubwicyanyi bukorerwa Abahema muri uyu mujyi bwari bumaze gufata indi ntera, bakaba bicwaga n’inyeshyamba zifatanyije n’abo mu bwoko bw’Abalendu.

Nyamara kandi ingabo za Uganda ziri muri RDC kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2021, mu bikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Nalu.

Iz’i ngabo zigeze i Bunia mu gihe bamwe mu Banye-Kongo basabaga ko zirukanwa zikava kuri ubu butaka bw’iki gihugu, ngo kuko ntacyo zifashije abaturage bacyo.

Tags: MuhooziUPDF
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.

Nyuma y'aho M23 ivugutiye umuti ingabo z'u Burundi mu rugamba, zatangiye kubyerekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?