• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abasirikare ba Uganda (UPDF) bamaze kugera mu mujyi wa Bunia mu Ntara ya Ituri, nyuma y’iminsi mike umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda abitangaje, aho yavuze ko bazajyayo guhagarika ubwicyanyi bukorerwa Abahema abo yavuze ko ari amaraso ye.

Ku ya 15/02/2025, ni bwo General Kainarugaba Muhoozi yatanze itegeko ku nyeshyamba zose ziri muri uwo mujyi wa Bunia kurambika intwaro hasi mu gihe kitarenze amasaha 24.

Uyu mujyi wa Bunia uri mu ntera y’ibirometero 40 uvuye ku mupaka wa Uganda n’uwa RDC.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yavuze ko igihe ziriya nyeshyamba zitarambitse imbunda zabo hasi, ingabo ze zi zaza kubavugutira umuti.

Rero, ahar’ejo izi ngabo za Uganda zinjiye muri Bunia kujya kugoboka Abahema bicwaga amanywa n’ijoro.

Kimwecyo, igisirikare cya Uganda kwinjira muri Bunia ni ibyo cyumvikanyeho n’icya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), ndetse bikaba byaremeranyije kuzafanya kurinda uyu mujyi n’abaturage bawutiuriye.

Ni n’amakuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Félix Kulayigye, aho yatangaje ko umujyi wa Bunia kuri ubu ugenzurwa n’ingabo zabo zifatanyije n’iza Congo.

Ibyo bikozwe nyuma y’aho ubwicyanyi bukorerwa Abahema muri uyu mujyi bwari bumaze gufata indi ntera, bakaba bicwaga n’inyeshyamba zifatanyije n’abo mu bwoko bw’Abalendu.

Nyamara kandi ingabo za Uganda ziri muri RDC kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2021, mu bikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Nalu.

Iz’i ngabo zigeze i Bunia mu gihe bamwe mu Banye-Kongo basabaga ko zirukanwa zikava kuri ubu butaka bw’iki gihugu, ngo kuko ntacyo zifashije abaturage bacyo.

Tags: MuhooziUPDF
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.

Nyuma y'aho M23 ivugutiye umuti ingabo z'u Burundi mu rugamba, zatangiye kubyerekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?