• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Yaraye mu mugozi azira Twirwaneho mu Bibogobogo,” ibivugwa n’abaturage.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2025
in Regional Politics
0
FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Yaraye mu mugozi azira Twirwaneho mu Bibogobogo,” ibivugwa n’abaturage.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Colonel Ntagawa Rubaba uyoboye abasirikare ba Leta y’i Kinshasa bari mu Bibogobogo, yafunze umusore w’Umunyamulenge witwa Pilote amuziza gushyigikira ibikorwa byo kwirwanaho.

Igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba w’ahar’ejo ni bwo Pilote yafashwe n’abasirikare ba Col.Ntagawa, bahita bamufungira mu kigo cya gisirikare kiri aha mu Bibogobogo.

Umwe mu baturage batuye mu Bibogobogo yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com ubutumwa bwanditse bugira buti: “Mu dutabarize, Col.Ntagawa karadufunga atuziza Twirwaneho. Ubu saa kumi nebyiri z’umugoroba yafashe Pilote. Ubu arafunze kandi yamutwaye nabi.”

Hagize iminsi abasirikare ba Leta bakorera muri ibi bice barwanya ibikorwa byo kwirwanaho nigisa nabyo cyose.

Fardc yabirwanyije ifatanyije n’abapolisi bakorera muri ibi bice, aho ndetse babyinjijemo n’abamwe mu baturage bo muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu Bibogobogo.

Hari n’amakuru yatanzwe mbere yavugaga ko aka gace ka Bibogobogo kaba gashaka gushirwamo abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, akaba ari yo mpamvu bamwe badashaka Twirwaneho.

Ni n’amakuru yahamyaga ko iyo gahunda yapanzwe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, gusa abashigikiye Twirwaneho bagenda babyikoma imbere.

Akaba ari yo mpamvu bamwe batangiye gufungwa, nk’uko Abanya-Bibogobogo bakomeje babivuga.

Nyamara Twirwaneho yo mu Minembwe iyobowe na Brig.Gen. Charles Sematama, uzwi nk’Intare-batinya, imaze kwigarurira ibice byinshi byo mu misozi ya Fizi na Mwenga, ahazwi nk’i Mulenge.

Ni mu gihe kurubu igenzura komine ya Minembwe yose ndetse na Mikenke muri secteur ya Itombwe. Ubundi kandi aheruka gutangaza ku mugaragaro ko yifatanyije n’umutwe wa m23 kurwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ngo kuko buhora butoteza no kwica Abanyamulenge bubaziza uko baremwe.

Tags: BibogobogoMu mugoziPilote
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?