• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru mashya y’ingabo z’u Burundi zigiye kurwanya Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
February 25, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.
162
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya y’ingabo z’u Burundi zigiye kurwanya Abanyamulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo, avuga ko ingabo z’u Burundi zisanzwe zikorana n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo muri ibi bice byo ku Ndondo, zamanutse mu Cyohagati, bikavugwa ko zigiye kurwanya Twirwaneho y’Abanyamulenge.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga izi ngabo z’u Burundi muri iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri, zavuye mu Rwumbuguza zerekeza mu bice byo mu Cyohagati.

Bikavugwa ko ahagana mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri nibwo zageze ahitwa Nyamara mu birometero bike uvuye mu gace ka Kamombo kwa Chef-Mututa.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko izi ngabo zigiye kurwanya Twirwaneho y’Abanyamulenge iheruka gufata ibigo bya FARDC bikomeye mu Minembwe na Mikenke, ndetse y’igarurira n’ibiro bya komine Minembwe. Ni mu ntambara yabaye mu cyumweru gishize.

Ubutumwa twahawe bugira buti: “Amakuru dufite hano mu Bijombo nuko mu ijoro ryaraye rikeye ingabo z’u Burundi zavuye mu Rwumbuguza ari nyinshi. Mu rukerera nibwo zageze kuri Nyamara. Ariko ubu zerekeje mu Kamombo. Umwanya uwo ari wo wose, zishobora gucyakirana na Twirwaneho.”

Kurundi ruhande Twirwaneho ikomeje kwirukana ingabo za Leta na Wazalendo, kuko nyuma y’aho ifashe mu Mikenke iyirukanyemo abarwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa yongeye gufata mu Gipupu ahazwi ko hari mu ndiri ikomeye y’abarwanyi ba Wazalendo.

Si aho honyine kuko hari utundi duce aba barwanyi ba Twirwaneho bigaruriye uyu munsi two mu Cyohagati.

Tags: BijomboIngabo z'u BurundiKamomboTwirwaneho
Share65Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?