• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zahuye n’uruva gusenya mu Kamombo.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2025
in Regional Politics
0
Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zahuye n’uruva gusenya mu Kamombo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu gitero ingabo z’u Burundi zisanzwe zikorana byahafi n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Epfo, zagabye mu Kamombo ahatuwe n’Abanyamulenge, zagikubitiwemo inshuro, zikubiswe na Twirwaneho.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ni bwo ingabo z’u Burundi zagabye igitero kuri Twirwaneho mu Kamombo, abarwanyi b’uyu mutwe birangira bazihaye isomo rikomeye.

Nk’uko amakuru agera kuri Minembwe.com abivuga iki gitero ingabo z’u Burundi zakigabye zivuye mu Bijombo, ariko ko zabanje ku nyura mu Rwumbuguza no kuri Nyamara zibona gutera mu Kamombo.

Iyi nkuru ikavuga ko muri iki gitero, ingabo z’u Burundi zagihuriyemo n’uruva gusenya, nyuma yuko abaturage birwanaho babavugijemo urufaya rw’amasasu, maze ngohaba kwiruka ku ruhande rw’izi ngabo z’u Burundi kudasanzwe.

Icyaje gukurikiraho nuko ingabo z’u Burundi zahise zifunga utwabo twose, zerekeza n’ubundi iyo zaje ziturutse.

Ubuhamya bugira buti: “Abarundi ejo bahuye n’intambara ikomeye, ngo habe mu ijoro bafunga imizigo yabo basubira ku Ndondo ya Bijombo.”

Ubu buhamya bunavuga kandi ko Twirwaneho yazindutse ishaka izi ngabo z’u Burundi mu Kamombo irababura. Bivuze ko aka gace ka Kamombo kuri ubu karagenzurwa kose na Twirwaneho.

Kimwecyo hari andi makuru avuga ko zaba zarerekeje kuri Nyamara, ariko ko ari mu buryo bwo gusubira ku Ndondo ya Bijombo.

Muri iki gihe Twirwaneho ifite imbaraga zidasanzwe, kuko iheruka kwigarurira ibigo bya gisirikare bikomeye byabaga muri ibi bice byo mu misozi miremire, bizwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Epfo.

Muri ibyo bigo hari ibyabaga mu Minembwe, mu nkengero zayo na Mikenke ndetse no mu Cyohagati.

Tags: Ingabo z'u BurundiKamomboTwirwanehoUruva gusenya
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yakiranywe urugwiro n’Abanya-Bukavu.

M23 yamaganye ingabo z'u Burundi n'iza RDC ziri kwica Abanyamulenge, yongeraho ko ziri kwisuganya kubagabaho ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?