Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kivu y’Epfo iraramutswa abayobozi bashya b’intara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n’abayobozi.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo iraramutswa abayobozi bashya b’intara.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo( AFC), ribarizwamo umutwe w’i gisirikare wa m23 n’uwa Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’iminsi mike ingabo ryazo ryigaruririye ibice byinshi byo muri iyi ntara..

Ni uyu munsi tariki ya 28/02/2025, iri huriro ryashyizeho abayobozi bashya b’intara, aho bikubiye mu itangazo ryashyize hanze rivuga ko ryashyizeho guverineri n’abamwungirije. Iri huriro rikaba ribikoze nyuma y’inama yabereye mu mujyi wa Bukavu aha’rejo, ikaza gusozwa iturikijwemo igisasu.

Itangazo iri huriro ryashyize hanze ryagize riti: “AFC/M23 ishingiye ku cyemezo cyafashwe kuwa 28/02/2025, hashyizweho guverineri n’abavisi guverineri.”

Ni itangazo kandi ryibukije ko MRDP-Twirwaneho yamaze kwiyunga kuri iri huriro.

AFC/M23 ivuga kandi ko Birato Rwihimba Emmanuel ariwe wagizwe guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu gihe Dunia Masumbuko Bwenge yagizwe visi guverineri ushyinzwe politiki, inzego z’u buyobozi n’ubucamanza.

Naho uwitwa Gishinge Gasinzira Juvenal agirwa guverineri ushyinzwe ubukungu imari n’iterambere.

Ibi bikozwe mu gihe ibyumweru bibiri byari bishyize m23 yigaruriye umujyi wa Bukavu. Ndetse ikaba imaze kwigarurira n’ibice byinshi byo muri iyi ntara harimo Kamanyola n’ibindi bice.

Ubu buyobozi bushyizweho mu gihe i Harare muri Zimbabwe hateraniye inama ya baminisitiri b’ubanyi n’amahanga b’imiryango ya EAC na SADC, yiga ku mutekano w’u Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC. Bakaba bari kurebera hamwe uko imirwano yahagarara hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Tags: BukavuIntara
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ko ingabo z’u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

Hamenyekanye ko ingabo z'u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?