• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kivu y’Epfo iraramutswa abayobozi bashya b’intara.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igisasu cyaturikiye mu nama i Bukavu harimo n’abayobozi.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Epfo iraramutswa abayobozi bashya b’intara.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo( AFC), ribarizwamo umutwe w’i gisirikare wa m23 n’uwa Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’iminsi mike ingabo ryazo ryigaruririye ibice byinshi byo muri iyi ntara..

Ni uyu munsi tariki ya 28/02/2025, iri huriro ryashyizeho abayobozi bashya b’intara, aho bikubiye mu itangazo ryashyize hanze rivuga ko ryashyizeho guverineri n’abamwungirije. Iri huriro rikaba ribikoze nyuma y’inama yabereye mu mujyi wa Bukavu aha’rejo, ikaza gusozwa iturikijwemo igisasu.

Itangazo iri huriro ryashyize hanze ryagize riti: “AFC/M23 ishingiye ku cyemezo cyafashwe kuwa 28/02/2025, hashyizweho guverineri n’abavisi guverineri.”

Ni itangazo kandi ryibukije ko MRDP-Twirwaneho yamaze kwiyunga kuri iri huriro.

AFC/M23 ivuga kandi ko Birato Rwihimba Emmanuel ariwe wagizwe guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu gihe Dunia Masumbuko Bwenge yagizwe visi guverineri ushyinzwe politiki, inzego z’u buyobozi n’ubucamanza.

Naho uwitwa Gishinge Gasinzira Juvenal agirwa guverineri ushyinzwe ubukungu imari n’iterambere.

Ibi bikozwe mu gihe ibyumweru bibiri byari bishyize m23 yigaruriye umujyi wa Bukavu. Ndetse ikaba imaze kwigarurira n’ibice byinshi byo muri iyi ntara harimo Kamanyola n’ibindi bice.

Ubu buyobozi bushyizweho mu gihe i Harare muri Zimbabwe hateraniye inama ya baminisitiri b’ubanyi n’amahanga b’imiryango ya EAC na SADC, yiga ku mutekano w’u Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC. Bakaba bari kurebera hamwe uko imirwano yahagarara hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Tags: BukavuIntara
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ko ingabo z’u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

Hamenyekanye ko ingabo z'u Burundi zateguye gutera Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?