Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo bararira ayo kwarika i Walungu nyuma y’aho bahahuriye n’agasenyaguro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafashe centre ya Walungu muri Kivu y’Epfo.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo bararira ayo kwarika i Walungu nyuma y’aho bahahuriye n’agasenyaguro.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Abarwanyi bo muri Wazalendo barwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa bahuriye n’agasenyaguro mu bice by’i Ngweshi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mirwano yabasakiranyije n’umutwe wa m23, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ku munsi w’ejo hashyize tariki ya 02/03/2025, nibwo abarwanyi bo muri Wazalendo bagabye ibitero kuri m23, nayo ibashwiragizamo urufaya rw’amasasu, ibyatumye aba barwanyi bo muri Wazalendo bahaburira abarwanyi babarirwa mu magana.

Iyi mirwano ikaba yarabereye mu duce two muri cheferi ya Ngweshi, ha herereye mu birometero 60 uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo.

Utu duce twaguyemo Wazalendo two muri cheferi ya Ngweshi, hari aka Burhale na Mulamba, uduce ahanini dutuwe n’Abashi.

Umwe mubaturiye utwo duce wavuganaga na Minembwe.com yavuze ko Wazalendo baguye muri iyo mirwano batari munsi y’amagana atanu, ndetse yavuze n’abamwe muri Wazalendo bayiguyemo babayabozi.

Yagize: “Wazalendo batakaje abantu benshi muri Burhale na Mulamba. Kandi byaciye aba barwanyi intege. Hapfuye komanda Tomusa, Bimuli, Kadina na komanda Mubangu n’abandi bayobozi bakomeye.”

Mu butumwa bw’amajwi bwagiye hanze bwumvinamo amajwi ya Wazalendo bari gutanaho imfane, aho bashinjaga uwo bise Foka Maike wari mu kandi gace kuba atohereje amasasi bituma abarwanyi babo bapfa ku bwinshi.

Ati: “Kubura abantu b’ingenzi nk’aba byatewe nuko amasasu yari yabashiranye. Foka Maike yatinze kohereza musaada n’amasasu komanda Mubangu, bituma araswa arapfa. Yapfanye n’abarwanyi benshi. Birababaje!”

Umutwe wa m23 winjiye muri Walungu nyuma y’umunsi umwe gusa ufashe umujyi wa Bukavu. Kuko nyuma y’umujyi wa Bukavu, aba barwanyi bahise bafata i Nyangenzi, ku wundi munsi wakurikiyeho bigarurira Kamanyola n’umupaka wayo uhuza iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’icy’u Rwanda .

Mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize nibwo bafashe centre ya Walungu.
Ubu biravugwa ko bakomeje imirwano aho bari kugenda bigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe.

Tags: agasenyaguroM23WalunguWazalendo
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa i Bukavu y’imirwano hagati ya m23 na Wazalendo.

Avugwa i Bukavu y'imirwano hagati ya m23 na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?