Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2025
in Regional Politics
0
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Abasore Babanyamulenge ibitero by’imitwe y’abarwanyi bo muri Wazalendo bagabweho mu Bibogobogo babashe ku bisubiza inyuma, nyuma y’urugamba rukomeye rwirije umunsi wose wo kuri uyu wa mbere tariki ya 03/03/2025.

Ni ibitero aba basore Babanyamulenge bo mu Bibogobogo bazindukiyeho, aho Wazalendo babibagabyeho baturutse inzira zine.

Hari igitero cyaturutse inzira ya Lweba, iya Kagugu, Kalele n’ikindi cyaturutse i Baraka ahatuwe n’Ababembe babarirwa mu bihumbi amagana. Izi nzira zose umwanzi w’Abanyamulenge yaturutsemo abagabaho ibyo bitero, yabashe gusubizwa inyuma wese.

Minembwe.com yamenye neza ko uru rugamba rwabaye uyu munsi mu Bibogobogo rwirije umunsi wose, kuko rwatangiye igihe c’isaha ya saa moya n’igice z’igitondo, rusoza saa kumi nebyiri zuzuye z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umwe mu Banyamulenge babashe gusubiza ibyo bitero inyuma yahamije ko umwanzi wabo bamwirukanye, kandi ko yahatakarije benshi.

Ati: “Twazindukiye ku isasu, tugeza umugoroba. Ariko igishimishije adui twamushubije inyuma wese, kandi yatakaje.”

Yongeyeho kandi ati: “Icyo tutazi ni ejo, ashobora kongera akagaruka, ariko uwanone twamukubise. Nubwo yatwitse amazu.”

Iyo mirwano kandi yabereye mu Mikenke aho Twirwaneho yagabweho ibitero n’ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.

Ahandi Twirwaneho yiriwe ihanganye na Wazalendo ni mu majy’epfo ya Minembwe.
Gusa, amakuru ava muri ibyo bice byose avuga ko Twirwaneho yirwanyeho isubiza inyuma ibitero byose, ndetse ko yanafashe n’iminyago irimo ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda n’ibindi bikoresho by’itumanaho.

Tags: BibogobogoMikenkeumutiWszalendo
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post
Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?