• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in Regional Politics
0
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu rugamba rwirije umunsi wose mu Bibogobogo, Wazalendo yaruvugutiwemo umuti.

Abasore Babanyamulenge ibitero by’imitwe y’abarwanyi bo muri Wazalendo bagabweho mu Bibogobogo babashe ku bisubiza inyuma, nyuma y’urugamba rukomeye rwirije umunsi wose wo kuri uyu wa mbere tariki ya 03/03/2025.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ni ibitero aba basore Babanyamulenge bo mu Bibogobogo bazindukiyeho, aho Wazalendo babibagabyeho baturutse inzira zine.

Hari igitero cyaturutse inzira ya Lweba, iya Kagugu, Kalele n’ikindi cyaturutse i Baraka ahatuwe n’Ababembe babarirwa mu bihumbi amagana. Izi nzira zose umwanzi w’Abanyamulenge yaturutsemo abagabaho ibyo bitero, yabashe gusubizwa inyuma wese.

Minembwe.com yamenye neza ko uru rugamba rwabaye uyu munsi mu Bibogobogo rwirije umunsi wose, kuko rwatangiye igihe c’isaha ya saa moya n’igice z’igitondo, rusoza saa kumi nebyiri zuzuye z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umwe mu Banyamulenge babashe gusubiza ibyo bitero inyuma yahamije ko umwanzi wabo bamwirukanye, kandi ko yahatakarije benshi.

Ati: “Twazindukiye ku isasu, tugeza umugoroba. Ariko igishimishije adui twamushubije inyuma wese, kandi yatakaje.”

Yongeyeho kandi ati: “Icyo tutazi ni ejo, ashobora kongera akagaruka, ariko uwanone twamukubise. Nubwo yatwitse amazu.”

Iyo mirwano kandi yabereye mu Mikenke aho Twirwaneho yagabweho ibitero n’ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.

Ahandi Twirwaneho yiriwe ihanganye na Wazalendo ni mu majy’epfo ya Minembwe.
Gusa, amakuru ava muri ibyo bice byose avuga ko Twirwaneho yirwanyeho isubiza inyuma ibitero byose, ndetse ko yanafashe n’iminyago irimo ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda n’ibindi bikoresho by’itumanaho.

Tags: BibogobogoMikenkeumutiWszalendo

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • Uvira : La visite du député Justin Bitakwira suscite des réactions contrastées
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?