Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2025
in Regional Politics
0
Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.
164
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Muri Kivu y’Amajyepfo, Umugabo w’Umunyamulenge, Wazalendo bamwishe urwagashyinyaguro, aho bamutegetse kwicyukurira imva, barangije bayimuhambamo babanje ku mutemagura, nk’uko ubuhamya bubivuga.

Uwishwe uru rupfu rwagashyinyaguro ni umugabo w’Umunyamulenge witwa Mahoro Tambwe, uvuka mu nzu y’Abasinga, mwenewabo wahafi na Lt.Gen.Pacifique Masunzu uyobora zone ya gatatu y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo; intara iyi zone ireba harimo n’iyi ntara ya Kivu y’Epfo aho icyo gikorwa cy’ubunyamanswa cyakorewe.

Amakuru avuga ko uyu mugabo wasize umwana umwe n’umugore umwe, yafashwe na Wazalendo, kandi ko bamufatiye i Bukavu.

Ni mu gihe yari avuye i Kamanyola agirira uruzinduko rusanzwe aha i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, akaba yari agiye gusura abavandimwe be batuye yo.

Ubu buhamya bwahawe Minembwe.com bukomeza buvuga ko nyuma y’aho Wazalendo bafashe uy’umugabo bahise bamujana baramwica. Bikavugwa ko mbere yuko bamwica bamutegetse kwicyukurira imva, arayicukura, barangije bayimuhambamo babanje ku mutemagura.

Ubwo buhamya bugira buti: “Wazalendo bafashe Mahoro Tambwe avuye i Kamanyola, ariko bamufatiye i Bukavu. Twamenye ko bamutegetse kwicyukurira imva. Iyo yacukuye ni nayo bamuhambyemo. Mbere yuko bamuhanba babanje ku mutemagura.”

Nta kindi Mahoro yazize usibye isura ye, n’ubwoko bwe, kabone nubwo yari mwenewabo na General Pacifique Masunzu ukorera ubutegetsi bw’i Kinshasa.
Abanyamulenge bamaze igihe bicwa imfu nk’izi, kuko na Maj.Joseph Kaminzobe wari umusirikare wa Leta yishwe abanje gutemagurwa, aratwikwa inyama ze barazidya.

Si abo banyine na Captain Gisore Rukatura Kabongo yiciwe i Goma muburyo nk’ubwo. Uyu nawe yari umusirikare wa Leta, ikibabaje yakuwe mubandi yicwa nkaburiya buryo bwavuzwe haruguru.

Ariko ibi byose umuryango mpuzamahanga urabireba ukicyecekera, mu gihe uzi neza ko Abanyamulenge bicwa imfu zagashyinyaguro kukagambane ka Leta y’i Kinshasa iyobowe na perezida Felix Tshisekedi.

Tags: AbanyamulengeImvaKwicwa
Share66Tweet41Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?