• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2025
in Regional Politics
0
I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Butembo byakaze, Wazalendo basubiranyemo hagwa abatari bake.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava mu mujyi wa Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, imitwe ibiri yo muri Wazalendo yasubiranyemo irarwana hapfa icumi bo muri bo.

Aya makimbirane yadutse tariki ya 03/03/2025, aho habaye ihangana rikomeye ryamaze umwanya utari muto, rikaba ryarimo ribera mu gace ka Kimeme muri Butembo.

Umuvugizi w’igisirikare wo muri ako gace yemeje iyo mirwano yavutse muri Wazalendo, avuga ikojeje isoni.

Yagize ati: “Basubiranyemo, ibyabo biteye isoni. Nimba koko bakunda igihugu, bagomba kudufasha mu ntambara turimo aho gushwana.”
Uyu muvugizi yanemeje ko muri iryo hangana haguye abarenga batandatu.

Amashirahamwe yigenga akorera i Butembo yo avuga ko hapfuye Wazalendo icumi.

Aya mashirahamwe kandi avuga ko iyo mirwano yatangiye ku gicamunsi cyo ku wa mbere isoza mu ijoro buca ari ku wa kabiri, ibyateye ubwoba ababa muri uwo mujyi wa Butembo.

Icyaba cyarateye iryo subiranomo, kugeza ubu ntikiramenyekana.

Amakuru amwe avuga ko byoba byaravuye kukuba Leta ntacyo ibahemba n’icyo babonye gike kigahekera muri bamwe, biviramo gusubiramo.

Iri subiranomo rya Wazalendo ryadutse mu gihe umutwe wa m23 bahanganye mu cyumweru gishyize wari ugeze mu birometero bidashika 100 uvuye muri uyu mujyi wa Butembo.

Uyu mutwe ukaba umaze gufata ibice byinshi byo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo ahanini muri aya mezi abiri ashyize.

Imiryango mpuzamahanga iharanira amahoro ntacyo irashobora kugeraho kugira ngo igarure amahoro muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni mu gihe n’abahagarariye amadini nabo bakeneye mu gufasha kugarura amahoro muri aka karere k’u Burasizuba bw’iki gihugu kamaze imyaka 30 karangwamo intambara zurudaca.

Tags: BasubiranyemoButemboWazalendo
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.

Byiswe "Balkanisation" ibyo ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwakoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?