Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Afrika y’Epfo ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ingabo z’iki gihugu yatangaje ko bikenewe kwongera gusuzuma niba ubutumwa ingabo zabo zoherejwemo muri Congo biri ngombwa ko zibugumishwamo.
Ubutumwa bwa SAMIDRC bugizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Tanzania cyo kimwe n’iza Malawi.

Ibi minisitiri Angie Motshekga, yabitangarije ibiro ntara makuru by’Abongereza, kuri uyu wa gatanu ubwo yari abajijwe niba igihugu cye giteganya gukura ingabo muri Congo. Yashubije ko bakiri mu isuzuma.

Yavuze ko abakuru b’ibihugu bo mu muryango w’ubukungu w’iterambere ryo mu bihugu byo mu majy’epfo y’Afrika, SADC nibyo mu muryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, bizahura vuba kugira ngo bigire icyo bitangaza kuri iyi ngingo.

Yagize ati: “Afrika y’Epfo ikorera muri iyo miryango, kandi umwanzuro wayo wo gukurayo ingabo cyangwa kuzigumishayo uzaturuka ku byemezo n’imyanzuro bizafatwa n’iyo miryango.”

Nyamara uruhare rw’ingabo z’Afrika y’Epfo muri Congo, rwanenzwe cyane imbere mu gihugu, ahanini ubwo umujyi wa Goma uja mu maboko y’abarwanyi ba m23 mu kwezi kwa mbere, abasirikare ba Afrika y’Epfo bakagotwa, bakisanga nta buryo basigaranye bwo gusohoka.

Mu kwezi gushyize kwa kabiri, ingabo zigera kuri 200 z’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’ibihugu by’Afrika y’Amajyepfo zari zimaze iminsi zaragotewe mu mujyi wa Goma n’umutwe wa m23 zemerewe kuva muri uwo mujyi zerekeza mu bihugu byazo. Ubuyobozi bw’umutwe wa m23 bwatangaje ko abatashye barimo inkomeri bakomoka muri Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi.

Tags: Afrika y'EpfoKugumishwayoM23RdcSamidrc
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n’inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n'inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?