• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Afrika y’Epfo ivuga ku ngabo zayo niba zikomeza kuba muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Afrika y’Epfo ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ingabo z’iki gihugu yatangaje ko bikenewe kwongera gusuzuma niba ubutumwa ingabo zabo zoherejwemo muri Congo biri ngombwa ko zibugumishwamo.
Ubutumwa bwa SAMIDRC bugizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Tanzania cyo kimwe n’iza Malawi.

Ibi minisitiri Angie Motshekga, yabitangarije ibiro ntara makuru by’Abongereza, kuri uyu wa gatanu ubwo yari abajijwe niba igihugu cye giteganya gukura ingabo muri Congo. Yashubije ko bakiri mu isuzuma.

Yavuze ko abakuru b’ibihugu bo mu muryango w’ubukungu w’iterambere ryo mu bihugu byo mu majy’epfo y’Afrika, SADC nibyo mu muryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, bizahura vuba kugira ngo bigire icyo bitangaza kuri iyi ngingo.

Yagize ati: “Afrika y’Epfo ikorera muri iyo miryango, kandi umwanzuro wayo wo gukurayo ingabo cyangwa kuzigumishayo uzaturuka ku byemezo n’imyanzuro bizafatwa n’iyo miryango.”

Nyamara uruhare rw’ingabo z’Afrika y’Epfo muri Congo, rwanenzwe cyane imbere mu gihugu, ahanini ubwo umujyi wa Goma uja mu maboko y’abarwanyi ba m23 mu kwezi kwa mbere, abasirikare ba Afrika y’Epfo bakagotwa, bakisanga nta buryo basigaranye bwo gusohoka.

Mu kwezi gushyize kwa kabiri, ingabo zigera kuri 200 z’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’ibihugu by’Afrika y’Amajyepfo zari zimaze iminsi zaragotewe mu mujyi wa Goma n’umutwe wa m23 zemerewe kuva muri uwo mujyi zerekeza mu bihugu byazo. Ubuyobozi bw’umutwe wa m23 bwatangaje ko abatashye barimo inkomeri bakomoka muri Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi.

Tags: Afrika y'EpfoKugumishwayoM23RdcSamidrc
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n’inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n'inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?