• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abaturage bari kwicwa i Uvira bicwa na Wazalendo.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bari kwicwa i Uvira bicwa na Wazalendo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umunye-Kongo ukomoka mu bwoko bw’Abapfulero yaraye yishwe arashwe mu mujyi wa Uvira, akaba yazize Wazalendo baje ku munyaga ntibagira icyo bamuronkaho, niko guhita bamurasa avamo umwuka wabazima.

Ahagana isaha zibiri zijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, ni bwo uyu muturage uzwi kwizina rya Gérard yishwe arashwe amasasu arenga abiri.

Bivugwa ko yarasiwe aho yarasanzwe akorera akazi ko kudoda, ahitwa i Karigo.

Minembwe Capital News yabwiwe ko yarashwe na Wazalendo kandi ko bamujije ko nta mafaranga bamusanganye, kuko bari baje kumunyaga. Ku rundi ruhande, hari amakuru avuga ko yaba yazize kuba ashigikira umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa; ni mu gihe bivugwa ko yari akunze kubigaragaza mu biganiro yarakunze kuganiriza abamugana.

Umwe mubaturiye mu mujyi wa Uvira wavuganaga natwe, yavuze ko aha i Karigo uriya mugabo yiciwe ari ho bakunze kuja gusengera, kandi ko haba ubutayu. Ndetse avuga ko uriya wishwe ntakindi yazize usibye m23.

Yagize ati: “Uwishwe yari umudozi. Aha i Karigo bamwiciye dukunze kuja kuhasengera haba ubutayu haruguru yaho. Nta gushidikanya yazize m23, kuko yakundaga kugaragaza ibikorwa bibi bikorwa na Wazalendo.”

Abaturage batuye i Uvira bakunze kugaragaza ko Wazalendo ari abajura, kandi ko babica, bityo bakifuza m23 koyakomeza imirwano igafata iki gice, muri ubwo buryo bakagenda bahohoterwa n’iyi mitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ikorana byahafi n’ingabo z’u Burundi n’iza Congo.
Ndetse ku munsi w’ejo hashizeho, hari amakuru yaje avuga ko Wazalendo bari aha Uvira batakirimo bahembwa na Leta y’i Kinshasa, bikaba biri mu bituma bakomeje kugaragaza ubugome bukabije.

Hagataho, m23 kuri ubu iri mu misozi ikikije i Uvira, ndetse kandi iri ni Katogota mu Kibaya cya Rusizi.
Bivuze ko umwanya uwo ari wo wose, ishobora gufata iki gice cya Uvira, maze abaturage bakabona amahoro arambye.

Tags: AbaturageKarigoUviraWazalendo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nyarugabo yamaganye Leta y’i Kinshasa nyuma y’igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

Nyarugabo yamaganye Leta y'i Kinshasa nyuma y'igitero cya Sukhoi-25 mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?