• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2025
in Regional Politics
0
Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abaturiye i komine ya Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, bazindukiye mu muganda wogusiba ibinogo, nyuma yuko indege y’ingabo za Fardc ihateye ibisasu biremereye bikahangiriza.

Ni umuganda wakozwe mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15/03/2025, aho witabiriwe n’avuye mu mihana ya Kiziba, mu Madegu, k’Uwigishigo, i Lundu n’ahandi.

Ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye neza ku Kiziba ugana ahari isoko nkuru ya Gatanu.

Mu mpera z’iki cyumweru nibwo indege y’ingabo za Fardc, iyo amakuru avuga ko yaje iturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’izi ngabo za, Congo yateye ibisasu biremereye bikangiriza ibirimo iki kibuga cy’indege, amashuri ya kaminuza ya UEMI, ndetse kandi igasenya n’itorero rya Methodist Libre naryo riri aha ku Kiziba.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza ibyo bisasu mu kwitura hasi byarimo bicukura imyobo, ndetse kandi ubona byarangirije cyane iki kibuga cy’indege.

Uyu munsi rero, bazindutse bakora salongo ari wo muganda basiba biriya binogo.

Seti uri aha ku Kiziba hakorewe uriya muganda yatubwiye ko bagerageje gusiba ibyo “binogo.”

Ati: “Salongo yakozwe hano ku kibuga cy’indege. Twagerageje gusiba bya binogo.”

Yavuze kandi ko abantu bari bagerageje kwitabira, kandi ko baje bava impande nyinshi.
Ati: “Bitabiriye kandi baturutse mu duce twose tugize i komine ya Minembwe.”

Nk’uko aya makuru abivuga iriya ndege yateye ibisasu birenga bitanu, ariko kimwe n’icyo cyabashe kwitura neza hagati mu kibuga cy’indege, ibindi bikaba byarangiye byitura iruhande rw’ikibuga harimo n’ibyasenye amashuri n’urusengero rwa Methodist Libre.

Tags: Ikibuga cy'indegeKizibaUmuganda
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?