• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yagiranye ikiganiro kidasanzwe n’intumwa ya LONI.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare ribarizwamo n’umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, ryakiriye intumwa idasanzwe yungirije y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni aha’rejo tariki ya 18/03/2025, AFC yakiriye Bruno Lemerquis, ushyinzwe ibikorwa by’ubutabazi bya ONU muri RDC, akaba yarakiriwe na Corneille Nangaa, hamwe na perezida Bertrand Bisimwa wa m23, i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

Ingingo zaganiriwe hagati y’izi mpande zombi ntiziramenyekana, ariko bizwi ko batoreka kuganira uburyo ibikorwa by’ubutabazi byakomeza mu bice bigenzurwa n’abarwanyi ba m23.

AFC ibarizwamo n’uyu mutwe wa m23 uhanganye n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa, zirimo iza Congo n’iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR kuva mu 2021, ariko uyu mutwe ukaba umaze kwigarurira ibice byinshi harimo umujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Uyu mutwe ugize igihe usabwa gufungura ibikorwa remezo byingenzi birimo imihanda, ikibuga cy’indege cya Goma na Kavumu n’inzira zo mu mazi mu rwego rwo kugira ngo ibikorwa by’ubutabazi bikorwe neza.

Aya makuru avuga ko m23 yemeye gufungura inzira yo mu mazi, ariko ko gufungura ikibuga cy’indege cya Goma yavuze ko bitashoboka, bitewe nuko umunara uyoborerwamo indege ndetse n’inzira y’indege byangijwe n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Uyu mutwe kandi ugaragaza ko ikibuga cy’indege cya Kavumu wagifashe bitewe n’uko ihuriro ry’ingabo za Congo bahanganye ryarimo ricyifashisha mukugaba ibitero kubice bituwe cyane n’abasivili ndetse no mu birindiro byabo.

Tags: Ikibuga cy'indegeInziraLoniM23
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y’Amajyepfo.

Iby'igitero kigeze i Luvungi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?