Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibitavugwaho rumwe n’Abanya-Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 24, 2025
in Religion
0
Ibitavugwaho rumwe n’Abanya-Bibogobogo.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitavugwaho rumwe n’Abanya-Bibogobogo.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Imyizerere y’amatorero ari mu Bibogobogo yatumye havuka umwuka mubi hagati y’Abarwanashaka n’abayobozi b’amtorero arimo 8ème CEPAC na Methodist Libre, aho abayobozi b’ayo matorero babwiye aba barwanashaka ko badashobora gushyingura abaguye ku rugamba.

Bikubiye mu ibaruwa ubwanditsi bwacu bwa Minembwe Capital News bwahawe n’Abanya-Bibogobogo, aho ibiri muri iyo baruwa bigira biti: “Abayobozi b’amakanisa ba 8ème CEPAC na Methodist Libre, banze gushyingura abatabarukiye ku rugamba. Rero havutse umwuka mubi hagati y’abasore babarwanashaka basengera muri ayo makanisa n’abayobozi bayo.”

Ibiri muri iyo baruwa bigasobanura ko ibyo abayobozi b’amtorero barimo gukora bishobora gukumira inzira y’ubutabazi, nk’uko izo nyandiko ziri muri iyo baruwa zibivuga, zigira ziti: “Gutabara igihe akarere kagabwemo ibitero bishobora guhagarara. Kuko byiswe icyaha.”

Ni ibaruwa kandi igaragaza ko abatabarukiye mu bitero ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo na FDLR baherutse kugaba muri iki gice cya Bibogobogo, abayobozi b’ayo matorero banze kwitabira imihango yabaye mu kubashyingura.

Ikomeze ivuga ko abarwanashaka bamwe baba muri ayo makanisa bafashe umwanzuro wo kuyasezera bakigendera mu yandi.

Bibogobogo ni agace ahanini gatuwe n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nubwo hari n’abandi bagaturiye, nk’Abapfulero n’Ababembe.

Aka gace kandi gaherereye mu ntera ngufi uvuye mu mujyi wa Baraka, ufatwa nk’umujyi munini wo muri teritware ya Fizi, iyi Bibogobogo nayo ikaba iri muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Abanya-Bibogobogo
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impinduka zabaye mu biganiro hagati y’u Rwanda na RDC.

Hamenyekanye impinduka zabaye mu biganiro hagati y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?