• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye impinduka zabaye mu biganiro hagati y’u Rwanda na RDC.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye impinduka zabaye mu biganiro hagati y’u Rwanda na RDC.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impinduka zabaye mu biganiro hagati y’u Rwanda na RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imiryango ya SADC na EAC, nyuma yuko ihuye ikaganira ku cyakorwa kugira ngo amahoro n’ituze bigaruke muri Congo, hamenyekanye ko hagiye kuba impinduka mu biganiro, zatumye Angola nk’igihugu cyari kimaze igihe ari umuhuza mu by’u Rwanda na Congo, kitazakomeza izi nshingano.

Uyu munsi ku wa mbere tariki ya 24/03/2025, hateganyijwe inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC n’umuryango w’ubukungu wa Afrika y’Amajyepfo, SADC, igamije kwigira hamwe ibibazo bimaze igihe mu Burasizuba bwa RDC.

Iraba ibaye mu gihe haherukaga kuba indi iri nk’iyi yateranye tariki ya 24/02/2025 yashyizeho abahuza muri ibi bibazo, ari bo Olusegun Obasanjo wabaye perezida wa Nigeria, Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya, na Heilemaria Desalegn Boshe wabaye minisitiri w’intebe wa Ethiopia.

Olivier Nduhungirehe, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, yatangaje ko aba bahuza batatu bashobora kozongerwaho undi umwe bakaza a bane.

Avuga ko aba ari bo bagiye kuyobora ibiganiro bigamije gushakira u Burasizuba bwa Congo umuti.

Ibiganiro by’i Luanda, byari iby’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, byahuzaga u Rwanda na RDC, naho iby’i Nairobi bikaba iby’umuryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, byahuzaga guverinoma ya Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro ikorarera mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Abahuza batatu bashyizweho n’undi umwe ushobora kubiyongeraho, bazakora ku mabwiriza bazahabwa n’umuyobozi wa Afrika Yunze ubumwe, ari nawe perezida wa Angola, Joao Lourenco.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, perezidansi ya Angola yashyize hanze itangazo rimenyesha ko iki gihugu cyahagaritse inshingano zo kuba umuhuza.

Iri tangazo rivuga ko kuva Angola yahabwa izi nshingano zo kuba umuhuza hagati y’u Rwanda na Congo, hari intambwe yatewe, nko kuba mu kwezi kwa cumi n’umwe umwaka ushize inama yo ku rwego rw’abaminisitiri yarageze ku myanzuro irimo gusenya umutwe wa FDLR ubangamiye umutekano w’u Rwanda.

Angola ivuga ko yakoze iyo bwabaga, kugira ngo ibyo bigerweho.
Iyi perezidansi isoza ivuga ko kuva Lourenco ahawe inshingano zo kuyobora umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, ashyize imbere kubahiriza inshingano z’uyu migabane, ku buryo inshingano yari afite z’ubuhuza mu bibazo bya RDC, zizakomeza gukurikiranwa n’abahuza bashyizweho.

Tags: ibiganiroImpindukaUbuhuza
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yatangaje ibindi bishya bishobora gutuma intambara ikomeza mu gihe hari icyizere cy’uko irangira.

M23 yatangaje ibindi bishya bishobora gutuma intambara ikomeza mu gihe hari icyizere cy'uko irangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?