• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Congo yagiye gutakambira u Burundi.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2025
in Regional Politics
0
Congo yagiye gutakambira u Burundi.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Congo yagiye gutakambira u Burundi.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri, tariki ya 25/03/2025, umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba, aho yagiye ari intumwa ya perezida Felix Tshisekedi wa Congo.

Ni amakuru yashyizwe hanze na perezidansi y’u Burundi, nk’uko yabitangaje ivuga ko Kayikwamba yazaniye Ndayishimiye ubutumwa bwa mugenzi we.

Gusa, iyi perezidansi y’u Burundi ntabyinshi yatangaje kuri uru ruzinduko rw’uyu minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC.

Uru ruzinduko rwe icyakora rwabaye nyuma y’ukwezi kumwe perezida Evariste Ndayishimiye avuye i Kinshasa muri RDC, mu ruzinduko rwari rugamije kurebera hamwe ubufatanye hagati y’ingabo z’u Burundi n’iza leta y’i Kinshasa (FARDC) murugamba zirimo rwo kurwanya umutwe wa m23.

Amakuru kandi avuga ko muri urwo ruzinduko aheruka kugirira i Kinshasa yarwishyujemo Tshisekedi amafaranga y’abasirikare yamwemereye kugira ngo bamufashe kurwanya m23.

Kuva mu mwaka wa 2023 kugeza muri uku kwezi turimo muri uyu mwaka wa 2025, u Burundi bumaze kohereza mu Burasizuba bwa Congo abasirikare bagera ku bihumbi 15 bibumbiye muri batayo 20.

Izi ngabo icyakora nta kinini zirafasha RDC, kuko kuva mu mpera z’umwaka ushize ihuriro ry’Ingabo zayo zatakaje uduce twinshi twingenzi turimo umujyi wa Bukavu n’uwa Goma kuri ubu igenzurwa na m23.

Ni mu gihe kandi uyu mutwe wa m23 wegereje gufata n’imijyi irimo uwa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo n’uwa Kisangani ho mu ntara ya Tshopo.

Kuri ubu ntiharamenyekana ikigenza Kayikwamba i Bujumbura mu Burundi, ariko nk’uko amakuru yo kuruhande abivuga uru ruzinduko rwe rugamije gusaba iki gihugu imbaraga, haba muburyo bw’igisirikare n’ubwa dipolomasi.

Tags: GutakambiraRdcU Burundi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yavuze ibyo gutera u Rwanda, avuga n’impamvu abantu batamenya imbaraga igisirikare cye gifite.

Ndayishimiye yavuze ibyo maneko z'u Rwanda zamubwiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?