• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2025
in Regional Politics
0
Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije mu muyobozi wayo wa komisiyo y’inteko ishinga amategeko akaba ashinzwe n’ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr.Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ugizwe n’abanye-kongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ibyawo bitandukanye n’ibyo Leta ya Congo iwuvugaho, kandi agaragaza ko ufite imbaraga.

Dr.Ronny usanzwe ari intumwa yihariye ya perezida Donald Trump mu karere k’ibiyaga bigari, ibi yabitangaje mu gihe yari avuye muruzinduko mu cyumweru gishize urwo yagiriye i Kinshasa n’i Kigali.

Muri urwo ruzindutse yarugiriyemo ibiganiro na perezida Felix Tshisekedi wa Congo, cyo kimwe na perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Ku wa kabiri yari imbere y’abagize inteko ishinga amategeko, abasobanurira ko mu ntambara umutwe wa m23 irwana abo bahanganye badashobora kuwukoma mu nkokora , waba uhabwa ubufasha n’u Rwanda cyangwa rutawubaha.

Yagize ati: “M23 yaba iri kumwe n’u Rwanda cyangwa bitarikumwe, muri iki gihe usanga mu karere ntawuyijyaho impaka. Bakora ibyo bashaka, kandi ingabo za Congo ntiziwisubiza. Bahunga uwo mutwe ubundi bakarambika intwaro zabo hasi.”

Yagarutse no ku makimbirane yo mu Burasizuba bwa Congo, avuga ko impamvu m23 irwana ari uko “abenshi mu bagize uyu mutwe badafatwa nk’abaturage ba Congo.”

Avuga ko ibi bijyana n’imipaka ya kera, aho Abanyarwanda bisanze hanze y’igihugu cyabo ubwo imipaka yashyirwagaho muri Uganda bemeye kubakira, ariko muri Congo ntibabikozwa.

Kubw’iyi ntumwa ya perezida Donald Trump, abonako abagize m23 bakwiye gufatwa nk’abanye-kongo, ndetse bagahabwa uburenganzira busesuye.

Yasoje avuga ko m23 itazapfa gushyira hasi intwaro, agaragaza ko uyu mutwe ukwiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kugira abawugize barwanirire igihugu cyabo kuko bafite ubwo bubasha.

Tags: AmerikaM23
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.

Amakuru avugwa kuri Gen.Rushaba mu misozi ya Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?