• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Icyingenzi wa menya kuri Channel ya YouTube ya Rugenza Tv.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2025
in Religion
0
Icyingenzi wa menya kuri Channel ya YouTube ya Rugenza Tv.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyingenzi wa menya kuri Channel ya YouTube ya Rugenza Tv.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Rugenza Tv, ni imwe mu ma chanel ya YouTube, aho ikoreshwa n’umugabo w’Umunyamulenge, Mahoro Laurent; ahanini iyi Chanel ayikoresha mu kwigisha umucyo w’ikinyamulenge, nubwo rimwe na rimwe ayinyuzaho amakuru y’intambara ibere mu Burasizuba bwa Congo.

Abanyamulenge ni Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi, basanzwe batuye i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubwo Laurent Mahoro nyiri iriya Chanel ya Rugenza Tv yaganiraga na Minembwe Capital News, yayibwiye ko bigisha umucyo w’ikinyamulenge no ku wu kundisha abana bato.

Yagize ati: “Intego nyamukuru yacu nukwimakaza umucyo wa kinyamulenge no ku wu kundisha abana bakiri bato.”

Iyi Chanel, nk’uko nyiri kuyifungura yakomeje abivuga yagaragaje ko yayifunguye mu ntangiriro z’u mwaka ushize mu kwezi kwa gatanu umwaka wa 2024.

Iza kuba monitize mu kwezi kwa cumi n’umwe muri uwo mwaka wa 2024.
Kimwecyo, yavuze ko iyi Chanel ikorana byahafi n’indi yitwa Jushua Entertainment yo imaze imyaka ibiri iri monitize nubwo atayivuzeho byinshi.

Avuga ko izi Chanel zombi, intego yazo kwari imwe, ngo kuko bakora ibiganiro bishingiye mu kwigisha umucyo, ubumwe kandi ko bigisha n’indangagaciro za Kinyamulenge.

Yongeyeho kandi ko bakora photography, videography na live streaming y’ibintu bitandukanye.
Yashimangiye ko ibyo bakora, babikora neza kandi kugihe.

Hejuru y’ibyo, yavuze ko banyuzamo bagatanga n’amakuru ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ariko nk’uko yabisobanuye nuko amakuru batanga, abagamije gukundisha Abanyamulenge bahunze igihugu cyabo kubera intambara bashoweho n’ubutegetsi bw’i Kinshasa, aba agamije kubakundisha iwabo. Bikaba biri mu rwego rwo kubakangurira gutabara no gutaha mu cyababyaye.

Hagataho, Mahoro Laurent ni umugabo wubatse, akaba afite abana batatu, kuri ubu atuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya.

Tags: AbanyamulengeRugenza TvUmucyo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
The Burundian soldiers have once again appeared in Bibogobogo.

Abandi basirikare b'u Burundi bageze mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?