• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rwambikanye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo bo mu misozi ya Uvira baheruka gutera umugongo Leta y’i Kinshasa basobanuye impamvu.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwambikanye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryazindutse rigaba ibitero ku birindiro bya AFC/M23 mu bice biherereye i Kamanyola muri Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Iki gitero cyagabwe neza ku gasozi ka Karungu gahanamiye umujyi wa Kamanyola. Bizwi ko Kamanyola ari agace gaherereye muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Igihe c’isaha ya saa tanu zija gushyira muri saa sita zamanywa yo kuri uyu wa kane tariki ya 17/04/2025, ni bwo ririya huriro ry’ingabo za Congo ryagabye kiriya gitero ku barwanyi ba M23 muri Karungu.

Kamanyola n’ibice biyikikije, ahagana mu mpera z’ukwezi kwa kabiri nibwo uyu mutwe wa m23 wabibohoje, kugeza n’ubu biracyagenzurwa n’uy’u mutwe nubwo iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa rikomeza kubigabamo ibitero.

Minembwe Capital News imaze kumenya ko ibi bitero byagabwe muri icyo gice gihanamiye umujyi wa Kamanyola, uyu mutwe wa M23 watangiye kubisubiza inyuma.

Icyo gitero kikaba kije gikurikira amakuru yatangajwe ku munsi w’ejo ku wa gatatu, aho yavugaga ko mu mujyi wa Uvira wavuyemo abasirikare benshi ba Leta berekeza i Luvungi, ndetse ko banahanshinze ibirindiro mu rwego rwo kugira ngo batangize ibitero ku mutwe wa M23 i Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu.

Ni ibitero n’ubundi iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza Congo, n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, ryagabye riturutse aho i Luvungi mu Kibaya cya Rusizi ho muri teritware ya Uvira.

Kugeza ubu urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito ruracyarimo rw’umvukana muri ibyo bice.

Tags: Kamanyola
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya Balkanisation - ubusesenguzi Uwamenyekanye cyane kuri Tuungane Minembwe, imwe mu ma radio akorera mu misozi miremire y'i Mulenge,...

Read moreDetails

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw'abasivili benshi Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z'intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n'abaturage bihitana abatari bake....

Read moreDetails

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyohereje Brigadier General Amuli Civiri na Brigadier General Ilunga Kabamba mu mujyi...

Read moreDetails

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabyukiye mu mirwano na Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Major General Alengbia Nyatetessya Dies in Custody After Fleeing M23 Advance in Goma

Congolese Major General Alengbia Nyatetessya Dies in Custody After Fleeing M23 Advance in Goma

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?