• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, May 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 23, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

You might also like

Imfungwa zifunzwe na Leta y’i Kinshasa ziravugwamo inzara ikomeye

Minembwe: Residents Face Severe Hardship Amid Soaring Prices and Shortage of Medicines

Minembwe: Abaturage Bari Mu Bihe Bibi Nyuma y’Izamuka Rikabije ry’Ibiciro n’Ibura ry’Imiti

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z’intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n’abaturage bihitana abatari bake.

Uyu munsi ku wa kane, itariki ya 23/10/2025, ni bwo FARDC yifashije indege z’intambara itera ibisasu ahitwa i Busika ho muri teritware ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka muri ako gace akemeza ko byahitanye ubuzima bw’abasivili b’inzirakarengane benshi, abandi n’abo batari bake bagakomereka.

Byanasobanuwe ko icyo gitero cyakozwe mu masaha ya kare yo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane.

Gusa, umubare wa bahitanywe n’icyo gitero nturamenyekana, ariko amakuru yo akemeza ko hariho abapfuye, abandi barakomeretswa.

Walikale imaze iminsi ivugwamo imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni imirwano yagiye ivugwa cyane mu gice cya Kibati, Mpety no mu nkengero za cyo. Bikavugwa ko uruhande rwa Leta ruri gukora ibi bitero mu rwego rwo kugerageza ahari ngo rurebe ko rwo kwisubiza ibice rwa mbuwe na AFC /M23 muri ibyo bice.

Kuko kandi ibi bitero iri kubigeragereza no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, muri za teritware zitandukanye za yo.
Nk’ahar’ejo yabigabye ahitwa i Businga, Nzibira, no mu bindi bice bigenzurwa n’uyu mutwe wa AFC/M23.

Ariko kugeza ubu nta gice kingana n’urwara FARDC n’abambari bayo bari bambura uyu mutwe bahanganye.

Biriya bisasu byatewe i Busika, mu gihe n’i Nyabiondo muri Masisi haramukiye imirwano ikomeye hagati y’impande zombi.

Amakuru tumaze kwakira mu kanya gato gashize, agaragaza neza ko AFC/M23 yamaze kwigarurira iki gice cya Nyabiondo, ndetse ko yamaze no ku kigaruramo n’umutekano, ku buryo n’ibintu byamaze no gusubira mu buryo, nk’uko byari bisanzwe.

Tags: BusikaIndege ZintambaraWalikale
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Imfungwa zifunzwe na Leta y’i Kinshasa ziravugwamo inzara ikomeye

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Imfungwa zifunzwe na Leta y’i Kinshasa ziravugwamo inzara ikomeye

Imfungwa zifunzwe na Leta y’i Kinshasa ziravugwamo inzara ikomeye Mu mujyi wa Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa ikibazo gikomeye cyugarije...

Read moreDetails

Minembwe: Residents Face Severe Hardship Amid Soaring Prices and Shortage of Medicines

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Minembwe: Abaturage Bari Mu Bihe Bibi Nyuma y’Izamuka Rikabije ry’Ibiciro n’Ibura ry’Imiti

Minembwe: Residents Face Severe Hardship Amid Soaring Prices and Shortage of Medicines The living conditions of residents in Minembwe and surrounding areas in South Kivu Province of the...

Read moreDetails

Minembwe: Abaturage Bari Mu Bihe Bibi Nyuma y’Izamuka Rikabije ry’Ibiciro n’Ibura ry’Imiti

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Minembwe: Abaturage Bari Mu Bihe Bibi Nyuma y’Izamuka Rikabije ry’Ibiciro n’Ibura ry’Imiti

Minembwe: Abaturage Bari Mu Bihe Bibi Nyuma y’Izamuka Rikabije ry’Ibiciro n’Ibura ry’Imiti Ubuzima bw’abaturage bo mu Minembwe n’uduce tuyikikije two mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ngabo za AFC/M23 Yatangiye Kuvana mu Bice byo muri Uvira

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ngabo za AFC/M23 Yatangiye Kuvana mu Bice byo muri Uvira

Icyo Amakuru Avuga ku Ngabo za AFC/M23 Yatangiye Kuvana mu Bice byo muri Uvira Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba isibaniro ry’intambara n’ibiganiro...

Read moreDetails

Maniema : Une Vive Tension Éclate Entre les Acteurs Politiques de la Province

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Karabaye muri Maniema: Hadutse Ubushyamirane Budasanzwe mu Banyapolitiki bo muri Iyi Ntara

Maniema : Une Vive Tension Éclate Entre les Acteurs Politiques de la ProvinceLa province du Maniema, en République démocratique du Congo, est une nouvelle fois plongée dans une...

Read moreDetails
Next Post
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya "Balkanisation" -ubusesenguzi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?