• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubusabe bw’Ingabo za SADC u Rwanda rwabwemeye, hamenyekana n’impamvu intwaro zabo zizafatirwa.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubusabe bw’Ingabo za SADC u Rwanda rwabwemeye, hamenyekana n’impamvu intwaro zabo zizafatirwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U Rwanda rwemeye guha inzira ingabo z’u muryango wa SADC zari zaraheze i Goma mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023 ni bwo SADC yohereje abasirikare bayo muri RDC kugira ngo zifashe Ingabo z’iki gihugu kurwanya umutwe wa M23.

Kuva uyu mutwe uzirushije imbaraga ugafata umujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025, izi ngabo zari mubutumwa buzwi nka SAMIDRC zabuze inzira izihavana ngo zitahe mu bihugu byabo.

Uduce tuzwi kwari two zarizirimo hari aka Mubambiro no mu mujyi wa Goma ubwawo. Izi ngabo zirimo iza Afrika y’Epfo, Tanzania na Malawi.

AFC/M23 iheruka gusaba izi ngabo za SADC ziri Goma kuhava zigataha, nyuma yo kuzishinja kugira uruhare mu bitero ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye i Goma ku wa 11/04/2025.

Nyamara izi ngabo zashijwe kugira uruhare muri ibyo bitero mu gihe umuryango zibarizwamo wa SADC wari wamaze gusesa ubutumwa zarimo.

Bikaba bijyanye no gucyura izi ngabo zawo hifashijwe inzira y’ikirere kandi bitapfa gushoboka kubera ikibuga cy’indege cya Goma zakwifashishije cyarangiritse, byitezwe ko zigomba guca ku butaka bw’u Rwanda zitaha.

Ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, byashyize iyi nkuru hanze byavuze ko byahawe amakuru ko u Rwanda rwari rumaze iminsi ruganira na SADC kandi ko u Rwanda rwayemereye guha abasirikare bayo inzira.

Reuters kandi yanatangaje ko yahawe amakuru ko ziriya ngabo intwaro zabo zizafatirwa ku bw’impamvu z’umutekano, ariko zamara kugera ku butaka bw’ibihugu byazo zikazisubizwa.

Tags: InziraRwandaSamidrc
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye i Burundi zagaragarije ubutegetsi bw’i Kinshasa ko zishoboye kumaraho AFC/M23.

Impunzi z'Abanye-Congo zahungiye i Burundi zagaragarije ubutegetsi bw'i Kinshasa ko zishoboye kumaraho AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?