• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC ikomeje kunaniza AFC/M23 ku bijyanye n’ibiganiro bya Qatar.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC ikomeje kunaniza AFC/M23 ku bijyanye n’ibiganiro bya Qatar.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, ryagaragaje ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo bukomeje kuri naniza kubijyanye n’ibiganiro by’i Doha muri Qatar.

Mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, impande zombi zasabwe gufata ingamba zirema icyizere, zishimangira ko zifuza gukemura amakimbirane zifitanye kugira ngo amahoro aboneke.

Iri huriro rya AFC/M23 ryarabyubahirije mu kwezi kwa kane mu ntangiriro zako, rikura abarwanyi baryo muri centre ya Walikale no mu bice bihana imbibi. Usibye ko ryateguje ingabo za Congo ko nizongera kubagabaho ibitero, izongera kuyifata.

AFC/M23, ibinyujije kuri Qatar, yasabye Leta y’i Kinshasa ko na yo yafungura abantu barimo abanyapolitiki n’abasirikare bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko bashinjwa gukorana na yo cyangwa kuba abanyamuryango.

Amakuru avuga ko AFC/M23 yahaye Qatar urutonde rw’abantu barenga 700 bafunzwe na Leta y’i Kinshasa bagombaga gufungurwa, ariko nta n’umwe muri bo wafumguwe.

Leta ya Congo yagaragaje ko yafunguye abantu batanu barimo umudepite wo mu ntara ya Hau-Uele, ariko AFC/M23 ivuga ko abo batari ku rutonde rwabo yasabye ko bafungurwa.

Abafunguwe ni abahoze bakorana n’uwahoze ari guverineri wa Haut-Uele akaba na murumuna wa Corneille Nangaa uyoboye AFC/M23, Christopher Baseane Nangaa.

Uyu yari aheruka guhungira muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu mu gihe yakekwagaho gukorana na Nangaa umuvandimwe we. Akaba yarahoze mu ihuriro rya Union sacree riri ku butegetsi bwa Congo.

Kurema icyizere mu ngamba z’ubwumvikane hagati ya RDC n’ihuriro rya AFC/M23, kuko ni kimwe mu byingenzi byari bikwiye gushingirwaho mu gutunganya inyandiko ihuriweho n’impande zombi.

Amakuru avuga ko nyuma y’icyumweru intumwa za AFC/M23 ziri i Doha, zamaze kuvayo kandi ko zitigeze zishyira umukono ku nyandiko ihuriweho, bitewe nuko Leta y’i Kinshasa yanze kubahiriza icyifuzo cyayo.

Tags: AFC/m23KuyinanizaRdc
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

Uduce twinshi two muri Walikale, M23 yatwigaruriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?