• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hamenyekanye ibirindiro bikaze biherereyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC i Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye ibirindiro bikaze biherereyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC i Uvira.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibirindiro bikaze biherereyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC i Uvira.

You might also like

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

I Uvira muri Kivu y’Amajyepfo ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zihafite ibigo bine bikomeye nyuma y’aho umutwe wa M23 ufashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko amakuru abigaragaza ibyo bigo hari icya Runingu, Sange na Luvungi ndetse n’ikindi giherereye mu mujyirwagati wa Uvira.

M23 nyuma yo gufata umujyi wa Bukavu, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zirimo iza FARDC iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na FDLR zahungiye muri iki gice cya Uvira.

Izi ngabo guhungira kwazo i Uvira zarahageze zikomeza biriya bigo byagisirikare mu rwego rwo kugira ngo zirinde umujyi wa Uvira nawo utagwa mu maboko y’aba barwanyi bo mu mutwe wa M23.

Amakuru Minembwe Capital News ikesha umwe mu bakora mu nzego zishyinzwe umutekano ahamya ko biriya bigo kugeza n’ubu bigikomeje koherezwamo n’abandi basirikare ba FARDC n’ab’u Burundi, kandi ko abenshi babijamo bavuye i Bujumbura mu Burundi mu gihe n’abandi babizamo bahunze M23 nko mu bice iba yafashe byo muri Kivu y’Amajyepfo.

Agira ati: “Ni benshi, n’ubu bakomeje ku byoherezamo abandi basirikare b’u Burundi n’aba FARDC.”

Yashimangiye ko ibyo bigo ari icya Runingu, Sange, Luvungi ni giherereye muri Uvira mu mujyi.

Gusa, biracyagoye kumenya umubare w’abasirikare baba bari muri biriya bigo, ariko nk’uko amakuru akomeza abivuga agaragaza ko babarirwa mu bihumbi n’ibihumbi.
Ndetse ko umubare wabo wiyongera umunsi ku wundi.

Nubwo havuzwe biriya bigo bine gusa, ariko kandi hari n’ikindi giherereye mu misozi ya Uvira mu Bijombo ahazwi nk’i Ndondo, nacyo kikaba kirimo ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

Hagataho, ibi bigo byongeye koherezwamo abasirikare benshi, nyuma y’aho M23 ifashe Kaziba yarizwi ko iherereyemo ingabo nyinshi. Ku wa gatandatu wakiriya cyumweru gishize ni bwo uyu mutwe wahafashe.

Ariko nyamara, izi ndi ngabo ziracyagerageza kurwana kugira ngo uyu mutwe udakomeza kuja imbere usatira i Kibaya cya Rusizi, kuko n’uy’u munsi impande zombi ziriwe zirwanira mu misozi iri hagati y’ikibaya cya Rusizi n’i Kaziba.

Tags: Ibigo bya gisirikareUvira
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z'u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke Nyuma y'aho Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n'iz'u Burundi hamwe n'imitwe yitwaje intwaro irimo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’uruzinduko rwa minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi i Kampala, i Bujumbura na Kinshasa.

Iby'uruzinduko rwa minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Bubiligi i Kampala, i Bujumbura na Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?