• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo bigiye kubana mu mahoro atarimo akavuyo.

Ni bikubiye mu bisubizo Trump yasubije umunyamakuru uheruka kumubaza icyo yiteze ku masezerano u Rwanda na RDC biheruka kugirana muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Trump asubiza iki kibazo yagize ati: “Dufite amakuru meza ku Rwanda na RDC. Ndatekereza ko tugiye kubona amahoro ku mibanire y’u Rwanda na Congo, kandi n’ibindi bihugu bike biri hafi kubona ayo mahoro. Twizeye ko bizaba ari byiza kandi twiteze ko bizakunda.”

Ibi ni nyuma y’aho minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungurehe, na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba basinye amasezerano y’amateka hagati y’ibihugu byombi.

Ndetse kandi izi mpande zombi zemeranyije ko zigiye gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro uzasumwa n’impande zombi bitarenze tariki ya 02/05/2025.

Isinywa ry’aya masezerano ryabereye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, rikaba ryaragizwemo uruhare rukomeye na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Amerika, Marco Rubio.

Ibi byashimishije perezida Donald Trump, agaragaza ko atewe ishema no kuba akomeje kugira uruhare mu guhagarika intambara n’andi makimbirane hirya no hino ku isi.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashoboye guhuza u Rwanda na Congo, nyuma y’aho Qatar igize uruhare runini ihuza perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo, Felix Tshisekedi bemezanya kumaraho umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo. Ni mu gihe ibiganiro byaberaga i Luanda muri Angola ibyatangiye mu 2022 kugeza mu mpera z’umwaka wa 2024, byagaragaye ko impande zombi zananiwe kumvikana.

Tags: amahoroRdcRwanda
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
DRC and Burundian Forces Amass in Uvira Bases to Counter M23 Advance After Bukavu Falls

DRC and Burundian Forces Amass in Uvira Bases to Counter M23 Advance After Bukavu Falls

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?