• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yafashe uduce dutatu turi hafi n’ikibaya cya Rusizi.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Conflict & Security
0
Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce dutatu turi hafi n’ikibaya cya Rusizi.

You might also like

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wirukanye ingabo ze mu duce dutatu duherereye hagati ya Kaziba n’i Kibaya cya Rusizi uradufata.

Ni mu mirwano y’irije umunsi wose w’ejo ku wa kabiri tariki ya 29/04/2025, aho M23 yarihanganye bikomeye n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Iyi mirwano, nk’uko amakuru abigaragaza yatangiye isaha ya saa kumi nebyiri z’igitondo ku masaha ya Minembwe na Bukavu igeza igihe c’isaha ya saa kumi z’umugoroba.

Ni amakuru akomeza avuga ko iriya mirwano yasize uyu mutwe wa M23 ubohoje uduce turimo Nindi, Butuzi na Bumbu. Utu duce tukaba duherereye muri teritware ya Walungu aho igabanira na teritware ya Uvira uturutse i Kaziba.

M23 yafashe utwo duce nyuma y’imirwano ikomeye yabasakiranyije n’iri huriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Uyu mutwe ufashe utwo duce nyuma y’aho ku wa gatandatu w’icyumweru gishize wabohoje na centre ya Kaziba yarizwi ko ibarizwamo abasirikare benshi bo muri uru ruhande rwa Leta. Ndetse kandi no ku munsi wakurikiyeho yahise ifata n’utundi duce turimo n’umusozi mure mure uzwi nka Miti-mbili.

Ahagana mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 30/04/2025, ibiturika byinshi by’umvikaniye hafi na Gatogota mu Kibaya cya Rusizi cyo kimwe n’ibyaraye biturukira i Gasenga mu mujyi wa Uvira. Ariko kugeza ubu ntiharamenyekana ukuri kwabyo, nubwo hari abasabanuye ko uruhande rwa Leta rurimo Wazalendo kwarirwo rwikanze, ubundi kurasa ibiturika babiha umwanya.

Iyi mirwano ikomeje kubera muri ibyo bice iri gutuma abaturage bahunga ku bwinshi, kandi abenshi muri bo bari kwerekeza i Uvira, usibye ko hari n’abakomeza bagana i Bujumbura mu Burundi.

Hagataho, impande zombi zihanganye ziracyashamiranye, aho no muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu bigaragara ko zishobora kurwana umwanya uwo ari wo wose.

Tags: Ikibaya cya RusiziImirwanoM23
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?