• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

You might also like

Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika

Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo

Amasezerano ya Montreux mu Kaga: AFC/M23 Yashinje Kinshasa Kutubahiriza Ibyumvikanyweho

I Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo baraye bahashimutiye umusirikare w’iki gihugu wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ikindi ni uko hari kurundwa ibikoresho bya gisirikare byinshi bikomeye.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bugufi dukesha inzego z’umutekano za RDC.

Ubwo butumwa bugira buti: “Birababaje, umusirikare wa FARDC wo mu bwoko bw’Abanyamulenge Wazalendo baraye bamushimuse.”

Ubu butumwa bukomeza bugira buti: “Yashimutiwe mu mujyi wa Uvira, ubwo yarageze kuri 8ème CEPAC iherereye muri quartier Songo. Uyu musirikare yabaga mu ngabo zikorera kuri Secteur Uvira.”

Nyuma yo gushimutwa nta kindi kiramenyekana kuri we, ariko ikimaze kumenyekana nuko hari gukorwa uburyo bwose ngo Wazalendo bamugarure.

Byasobanuwe ko yafashwe ari kumwe n’abaganzi be kandi ko bari mukazi ka gisirikare, mu rwego rwo kurinda umutekano.

Ibyo byabaye mu gihe aha i Uvira hari kurundwa ibikoresho bya gisirikare, aho biri kuvanwa i Bujumbura mu Burundi, ndetse n’ibindi bikavanwa i Kinshasa, Kisangani n’i Kindu.

Aya makuru akomeza avuga ko biri gusehwa n’indege, ibindi bikazanwa n’imodoka za gisirikare ahanini ibiva i Bujumbura.

Bimwe muri ibyo bikoresho harimo ibisasu bya Lances roquette, RPG -7 n’imbunda za mitrailleuse 7.62, n’ibindi birimo n’imbunda za rutura.

Leta ya RDC ku bufatanye n’iy’u Burundi, bigamije kurwana byivuye inyuma no kwisubiza ibice bambuwe na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu misozi ya Uvira, Fizi, Mwenga no mu mijyi nka Bukavu, Kamanyola n’ahandi muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Hejuru y’ibyo, hanerekanwe amashusho y’indege ziri guseha biriya bikoresho zirimo n’iza gisivili n’iza gisirikare.

Hagataho, umutekano ukomeje kuba mubi cyane muri iki gice, aho kandi hari na General Olivier Gasita wahageze ku wa mbere, ariko aza Wazalendo batamushaka bavuga ko ari Umunyarwanda, ibyo nabyo bikaba bikomeje kongera urwango ku Banyamulenge no kunshuti zabo.

Tags: BashimuseUviraWazalendo
Share47Tweet29Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika

Ingabo z’ikindi gihugu zambuye FARDC agace k’ingenzi mu Ntara ya Tanganyika Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuzamba, amakuru aturuka mu...

Read moreDetails

Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo

Raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC Ishyira ku Karubanda Intege Nke za FARDC n’Ibibazo Bikomeye bya Wazalendo Raporo y’ubusesenguzi yakozwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Amasezerano ya Montreux mu Kaga: AFC/M23 Yashinje Kinshasa Kutubahiriza Ibyumvikanyweho

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
L’échange de prisonniers entre Kinshasa et l’AFC/M23 dans une impasse critique

Amasezerano aherutse gushyirwaho umukono i Montreux mu gihugu cy’u Busuwisi hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) akomeje guteza impaka...

Read moreDetails

Une attaque attribuée au CRP ravive les inquiétudes sécuritaires à Kinshasa

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Une attaque attribuée au CRP ravive les inquiétudes sécuritaires à Kinshasa

Une attaque attribuée au CRP ravive les inquiétudes sécuritaires à Kinshasa La situation sécuritaire dans la province de l’Ituri, à l’est de la République démocratique du Congo, demeure...

Read moreDetails

The United States has denied claims made by the Democratic Republic of the Congo (DRC) regarding “Mining Guards,” as natural resources continue to be a source of conflict and widespread poverty among the population.

by Bahanda Bruce
April 29, 2026
0
Les opposants politiques au pouvoir de Kinshasa s’unissent pour critiquer Tshisekedi et réclament des réformes fondées sur l’intérêt général

The United States has denied claims made by the Democratic Republic of the Congo (DRC) regarding “Mining Guards,” as natural resources continue to be a source of conflict...

Read moreDetails
Next Post
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?