• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Regional Politics
0
Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’u Bubiligi uvuye i Kinshasa yasabye Tshisekedi kuba maso.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Minisitiri w’ubanye n’amahanga akanaba minisitiri w’intebe wungirije w’u Bubiligi Maxime Prevot ubwo yageraga i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye perezida Felix Tshisekedi kuba maso kubirimo gukorwa n’i gihugu cya Qatar ndetse na Leta Zunze ubumwe z’Amerika kubyerekeye u Rwanda na Congo.

Aha’rejo tariki ya 29/04/2025 ni bwo uyu minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi yageze i Kinshasa yakirwa na perezida Felix Tshisekedi wa RDC.

Bivugwa ko yageze i Kinshasa nyuma yokugera i Bujumbura mu Burundi n’i Kampala muri Uganda.

I Kinshasa yabanje kwakirwa na minisitiri w’intebe w’iki gihugu, madame Judith Sumunwa, nyuma abona kubonana na perezida Felix Tshisekedi bagirana n’ibiganiro kubyerekeye umutekano wa karere.

Ubundi kandi banaganiriye no ku ntambara iri kubera mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho umutwe wa M23 urwanya ubu ubutegetsi bw’i Kinshasa uhanganye bikomeye n’ingabo z’iki gihugu.

Muri iki kiganiro minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi yabwiye perezida Felix Tshisekedi ati: “Ni ngombwa gukomeza kuba maso kubikorwa byatangajwe na Qatar na Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Nubwo twishimira uko iyi gahunda yakiriwe, turifuza ko twashobora gupima ibisubizo bifatika bishobora kubaho mu minsi iri mbere cyangwa ibyumweru biri imbere, kugira ngo twemeze ko niba inzira yaraharuwe izakomeza gukurikizwa. Kandi tukareba niba icyerekezo cya nyuma kizagerwaho.”

Yongeyeho ati: “Nasabye ko habaho gutega amatwi umugambi wa ba musenyeri.”

Minisitiri Maxime Prevot yanabwiye Tshisekedi ko igihugu cye kitenda gusahura imitungo kamere ya Congo, hubwo ko ikiyiraje inshinga ari uko amakimbirane y’intambara ayirimo yakemuka burundu.

Yagize ati: “Twese tuzi ko ari ngombwa ko ibimenyetso bitangwa kandi ibiganiro by’abanyagihugu bigashyigikirwa, mu rwego rwo kugira ngo amakimbirane hagati yabo arangire babone amahoro arambye. Icyifuzo cy’abapesikopi kigahabwa agaciro mu gukoresha ingufu za politiki zitandukanye.”

Ibi bwana Maxime Prevot yabitangaje mu gihe abo Bepisikopi Gatolika bari i Doha muri Qatar, aho bakiriwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’iki gihugu. Uruzinduko rwabo i Doha rukaba rugamije gushyigikira ko amahoro n’umutekano bigaruka mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mu gihe i Doha muri Qatar muri iyi minsi mike ishize habereye ibiganiro bitandukanye hagati y’intumwa za Congo n’iz’u mutwe wa AFC/M23.

Ubundi kandi i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika naho haheruka gusinyirwa amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC.

Tags: IntambaraMaximeRdc
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Forces Suffer Heavy Losses in Failed Attack on M23 and Twirwaneho in Rugezi

Congolese Forces Suffer Heavy Losses in Failed Attack on M23 and Twirwaneho in Rugezi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?