Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya ku bimenyetso by’imyotsi bigaragaza ko Papa yatowe cyangwa ataratorwa.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kiliziya Gatolika yamaze kubona Papa mushya.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Abakaridinali bo mu ideni rya Gatolika batoye umushumba mushya uzayihagararira ku isi, akaba asimbuye Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana mu mpera z’ukwezi gushize.

Ni kuri uyu wa kane tariki ya 08/05/2025, batoye uyu Papa mushya, aho aje ari uwa 267.

Nk’uko biri yatorewe muri Chapelle ya sixtine iri i Vatikani ahagaragaye umwotsi w’umweru, nk’ikimenyetso cy’uko Papa mushya yamaze gutorwa.

Papa mushya amazina ye ataramenyekana yemejwe ku itora rya gatatu, nyuma yabiri yari yabanje agasiga hazamutse umwotsi w’umukara nkikimenyetso cyuko Papa mushya ataratorwa.

Abantu bazindutse hafi aho imbere ya Chapel ya sixtine iri i Vatikani ari benshi, nk’uko ubutumwa bw’amashusho bwagiye bubigaragaza.

Ariko ikimenyetso cy’umwotsi w’u mweru cyari kitaragagara kugeza ku manywa yo kuri uyu wa kane.

Bivugwa ko mu ba Cardinal 135 bari bemerewe gutora bari munsi y’imyaka 80, ba biri muri bo, uwo muri Espagne n’uwo muri Kenya, ntibitabiriye aya matora kubera ibibazo by’uburwayi, bivuga ko 133 ari bo batoye.

Uyu mubare akaba ari wo wa mbere utoye Papa mu mateka ya Kiliziya Gatolika.

Ikindi nuko abenshi muri abo bamerewe gutora bashizweho na Papa Fransisco, 108, mu gihe abandi bashyizweho n’abamubanjirije, barimo Papa Benedicto XVI na Papa Yohani Paul II.

Hagataho, amateka avuga ko Papa Fransisco, umupapa wa mbere washyizwe kuri uyu mwanya ukomoka muri Amerika y’Amajyepfo kuva mu kinyejana cya 8, ibyatumye ashyiraho aba Cardinali benshi mu rwego rwo kugira ngo ahindure byinshi muri Kiliziya Gatolika harimo no gutegura uza musimbura.

Uwatowe ntaramenyekana izina, ariko aramenyekana igihe bazaba bamaze kugera muri Chapel ya sixtine, nka nyuma y’isaha imwe.

Tags: Papa mushya
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?