• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in sport & entertainment
0
Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

You might also like

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Abantu 100 nibo byatangajwe ko bishwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye ari nyinshi i Bubwari muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Aya makuru yashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri icyo gice cya u Bwari, aho buvuga ko abishwe n’imvura bageze ku ijana, ariko ko hari n’abandi bajanwe mu bitaro bagizweho n’ingaruka z’uwo mwuzure.

Ubu buyobozi bwanagaragaje neza ko iyo mvura yaguye mu ijoro ryo ku itariki ya 08/05/2025, kandi ko aho yangirije cyane ari mu gace ka Asaba ko muri grupema ya Babungwe , secteur ya Ngandja muri teritware ya Fizi.

Ni imvura amakuru akomeza avuga ko yagejeje no ku itariki ya 09/05/2025 ikirimo kugwa.

Bikavugwa ko imirambo imwe ko yagiye itogwa mu mifurege y’amazi, itowe n’abakozi b’ishirahamwe rya Crois-Rouge, indi nanone itorwa n’abaturage ubwabo.

Umuyobozi wa secteur ya Ngandja, Akili Bernard, yanahamagariye guverinoma n’imiryango itabara imbabare kugoboka bariya baturage bagizweho n’ingaruka z’uwo mwuzure, kugira ngo bafashwe, kuko abenshi bari hanze nyuma yuko imvura isenye amazu yabo.

Ati: “Turahamagarira guverinoma n’imiryango itabara imbabare kugoboka abaturage. Abenshi ntibagifite aho baba. Abandi ntibafite ibyo barya n’ibindi bibazo bitandukanye bisaba gufashwa.”

Hari n’andi makuru agaragaza ko ataribwo bwa mbere imvura iguye muri icyo gice, kandi ko nubwo iheruka yasize yangije byinshi n’abantu barapfa.

Tags: ImvuraU bwariUmwuzure
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina Aaron Wan-Bissaka, myugariro akina ku ruhande rw’iburyo, yigeze guhura n’uruhererekane rw’imbogamizi mu gufata umwanzuro w’igihugu azakinira. Nubwo yari asanzwe akomoka mu...

Read moreDetails

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y'imirwano ikomeye yo ku munsi w'ejo ku wa gatanu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?