Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 10, 2025
in History
0
Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

You might also like

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.

Abantu 100 nibo byatangajwe ko bishwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye ari nyinshi i Bubwari muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Aya makuru yashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri icyo gice cya u Bwari, aho buvuga ko abishwe n’imvura bageze ku ijana, ariko ko hari n’abandi bajanwe mu bitaro bagizweho n’ingaruka z’uwo mwuzure.

Ubu buyobozi bwanagaragaje neza ko iyo mvura yaguye mu ijoro ryo ku itariki ya 08/05/2025, kandi ko aho yangirije cyane ari mu gace ka Asaba ko muri grupema ya Babungwe , secteur ya Ngandja muri teritware ya Fizi.

Ni imvura amakuru akomeza avuga ko yagejeje no ku itariki ya 09/05/2025 ikirimo kugwa.

Bikavugwa ko imirambo imwe ko yagiye itogwa mu mifurege y’amazi, itowe n’abakozi b’ishirahamwe rya Crois-Rouge, indi nanone itorwa n’abaturage ubwabo.

Umuyobozi wa secteur ya Ngandja, Akili Bernard, yanahamagariye guverinoma n’imiryango itabara imbabare kugoboka bariya baturage bagizweho n’ingaruka z’uwo mwuzure, kugira ngo bafashwe, kuko abenshi bari hanze nyuma yuko imvura isenye amazu yabo.

Ati: “Turahamagarira guverinoma n’imiryango itabara imbabare kugoboka abaturage. Abenshi ntibagifite aho baba. Abandi ntibafite ibyo barya n’ibindi bibazo bitandukanye bisaba gufashwa.”

Hari n’andi makuru agaragaza ko ataribwo bwa mbere imvura iguye muri icyo gice, kandi ko nubwo iheruka yasize yangije byinshi n’abantu barapfa.

Tags: ImvuraU bwariUmwuzure
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde? Kiliziya Gatolika kuri ubu iraramutswa umushumba mushya ari we Papa Robert Francis Prevost, uyu niwe tugiye kuvuga ubuzima bwe nyuma...

Read moreDetails

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

by Bruce Bahanda
May 5, 2025
0
Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse. Nyuma y'imyaka 63, umugore wo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika wari waburiwe irengero yabonetse ameze neza kandi ari muzima. Uyu...

Read moreDetails

Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.

by Bruce Bahanda
May 4, 2025
0
Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.

Urupfu rw'uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda. Umuherwe Rajiv Ruparelia yitabye Imana azize impanuka y'imodoka; urupfu rwe rubabaza benshi mu gihugu cya Uganda. Aya makuru yashyizwe hanze n'igipolisi...

Read moreDetails

Leta ya Tshisekedi byavuzwe ko imaze gutsindwa “ibitego bibiri.” Ubusesenguzi.

by Bruce Bahanda
May 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Leta ya Tshisekedi byavuzwe ko imaze gutsindwa "ibitego bibiri." Ubusesenguzi. Umusesengzi usanzwe anakurikiranira hafi intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo akaba kandi akomoka muri icyo gice i Mulenge,...

Read moreDetails

Iby’umusirikare w’u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

by Bruce Bahanda
May 1, 2025
0
Iby’umusirikare w’u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge.

Iby'umusirikare w'u Burundi wo mu mutwe udasanzwe uheruka gufatwa matekwa na Twirwaneho i Mulenge. Umusirikarekazi w'u Burundi wo mu mutwe ushinzwe iperereza aheruka gufatirwa ku rugamba, urwo Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y'imirwano ikomeye yo ku munsi w'ejo ku wa gatanu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?