• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in sport & entertainment
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

You might also like

Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi

Les Léopards éliminés de la Coupe du Monde, mais ils quittent la compétition la tête haute et font la fierté de la République démocratique du Congo

Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini cyane mu mateka y’iyi kipe. Amakuru ava mu binyamakuru bitandukanye yemeza ko Liverpool yamaze gutegura bid iri hagati ya £110 miliyoni na £150 miliyoni, kugira ngo yegukane uyu mukinnyi wakomeje kwigaragaza nk’umwe mu basatirizi beza mu Bwongereza kuva yagera muri Newcastle avuye muri Real Sociedad.

umutoza wa Liverpool, ari gushaka kongera imbaraga mu busatirizi nyuma yo gutakaza bamwe mu bakinnyi bari bafatiye runini ikipe. Isak, w’imyaka 25, amaze kwinjiza ibitego byinshi mu Premier League ndetse agaragaza umuvuduko n’ubuhanga byatuma aba igisubizo ku kibazo cy’ubusatirizi cya Liverpool.

Newcastle yo iracyafite kwihangana kuko idashaka kurekura umukinnyi w’ingenzi cyane mu mushinga wabo mushya, ariko amafaranga Liverpool itegura gushyira ku meza ashobora gutuma ibintu bihinduka. Ubuyobozi bwa Liverpool burifuza ko iyi transfer yarangira vuba kugira ngo Isak atangire season nshya ari kumwe n’ikipe, bityo abafana bitezweho kureba niba iyi saga izarangira neza mu minsi mike iri imbere.

Tags: Liverpool FC
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi

Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy'Isi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu mukino uzahora wibukwa nk'umwe...

Read moreDetails

Les Léopards éliminés de la Coupe du Monde, mais ils quittent la compétition la tête haute et font la fierté de la République démocratique du Congo

by Bahanda Bruce
July 2, 2026
0
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

Les Léopards éliminés de la Coupe du Monde, mais ils quittent la compétition la tête haute et font la fierté de la République démocratique du Congo Le parcours...

Read moreDetails

Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

by Bahanda Bruce
July 2, 2026
0
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy'Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye Urugendo rw'Ikipe y'Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) mu Gikombe cy'Isi rwarangiriye...

Read moreDetails

Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo

by Bahanda Bruce
June 30, 2026
0
Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo

Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo Urubuga rwa WhatsApp, rumwe mu mbuga zikoreshwa cyane ku isi mu itumanaho, rugiye gutangiza uburyo bushya buzahindura...

Read moreDetails

Ubushakashatsi: Ibintu 10 Ushobora Kuba Ukora Buri Munsi Byangiza Ubwonko Utabizi

by Bahanda Bruce
June 29, 2026
0
Ubushakashatsi: Ibintu 10 Ushobora Kuba Ukora Buri Munsi Byangiza Ubwonko Utabizi

Ubushakashatsi: Ibintu 10 Ushobora Kuba Ukora Buri Munsi Byangiza Ubwonko Utabizi Ubwonko ni rwo rugingo rugenzura ubuzima bwose bw'umuntu. Ni rwo rutuma dutekereza, twibuka, dufata ibyemezo, twigira ku...

Read moreDetails
Next Post
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?