Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 10, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

You might also like

Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

Amakuru aturuka mu Rugezi avuga ko habyukiye imishyamirano ikaze hagati y’impande ziyihanganiyemo, ni nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa gatanu hiriwe imirwano ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo, rigizwe na FARDC, FDNB(ingabo z’u Burundi), n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo.
Ni mu gihe n’uy’u mutwe wa Twirwaneho na wo ufatanyije n’uwa M23 kurwanya iri huriro rishinjwa kwica Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bo mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Minembwe Capital News yamenye ko biriya bitero byo ku munsi w’ejo byatangijwe n’u ruhande rw’ingabo za Congo, aho rwabigabye kuri Twirwaneho na M23 mu duce bagenzura two mu Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko utwo duce twagabwemo ibyo bitero tunaberamo ihangana rikomeye ni Mundegu, ku w’Ihene no kuri Nyakirango.

Gusa, Twirwaneho na M23 byakubise kubi ririya huriro, ubundi rikizwa n’amaguru ryamburwa n’uduce ryari risigaranye duherereye i Gasiro.

Nu duce ryari ryarahungiyemo nyuma y’aho Twirwaneho na M23 bifashe Rugezi mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Nyamara nubwo Twirwaneho na M23 bikubita ahababaza iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, bikanabirukana kubi, ntibibuza ko ryongera kugaruka gushotora iyi mitwe yombi.

Ni muri ubwo buryo n’ubundi impande zombi zongeye kuzindukira mu bushamirane.

Abarwana ku ruhande rwa Leta baherereye mu bice bahungiyemo by’i Gasiro, mu gihe abo muri Twirwaneho na M23 n’abo baherereye mu duce bagenzura twa Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko iyo mishamirano yahereye kuva igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo kugeza muri aya masaha.

Ndetse amakuru amwe avuga ko habaye imirwano, ariko amakuru yizewe Minembwe Capital News ifite nuko uru ruhande rwa Leta rwarashe amasasu menshi, kandi ko yari ayo gupfusha ubusa. Gusa isaha iyariyo yose imirwano ishobora kubura.

Tags: FardcImishamiranoRugeziTwirwaneho
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

Guverineri w'i ntara ya Haut-Katanga yahunze. Guverineri w'intara ya Haut-Katanga muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Jacques Katwe Kyabula, yahunze igihugu nyuma yogutumwaho n'abashinzwe umutekano w'imbere kwitaba i...

Read moreDetails

FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

FARDC n'ingabo z'u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge. Muri wa mugambi muremure wa Leta ya Congo n'iy'u Burundi wo kurimbura Abanyamulenge mu Burasizuba bwa Congo, bawutangije, aho ingabo...

Read moreDetails

Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

Ihuriro ry'abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri. Ihuriro ry'abayobozi ba gakondo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ryareze inama nkuru y'abasenyeri ba kiliziya gatolika bo muri iki...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y'Epfo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, General...

Read moreDetails

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y'Amajyepfo. Nyuma y'imirwano ikomeye iheruka kubera mu misozi ya Nyangenzi muri teritware ya Walungu no mu gace kamwe...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Ihuriro ry'ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?