Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in History
0
Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

You might also like

Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

Visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Gasinzira Gashingira Juvenal, ntakiri mu isi yabazima, aho yapfuye muburyo butunguranye.

Ni bikubiye mu tangazo ubuyobozi bwa AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo bwashyize hanze kuri uyu wa mbere, rimenyesha ko guverineri wungirije w’iyi ntara ko yitabye Imana, kandi ko yapfuye muburyo “butunguranye.”

Iri tangazo rigufi rya AFC/M2 rivuga ko babajwe n’urupfu rwa Gasinzira Gashingira Juvenal warushinzwe ubukungu muri iyi ntara.

Rikomeza rivuga ko ryihanganishije umuryango wa bugufi wa Gasinzira Gashingira Juvenal, ndetse n’abayoboke bose ba AFC/M23 aho bari hose.

Mu makuru yo ku ruhande avuga ko Juvenal yaryamye mu ijoro bisanzwe, bukeye basanga yavuyemo umwuka w’abazima.

Mu mpera z’ukwezi kwa kabiri nyuma y’aho M23 yarimaze kubohoza umujyi wa Bukavu, iwirukanyemo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zigahungira mu mujyi wa Uvira, nibwo ihuriro rya AFC/M23 ryagize Gasinzira Gashingira Juvenal guverineri wungirije ushyinzwe ubukungu muri iyi ntara.

Gasinzira akomoka mu misozi miremire y’i Mulenge iherereye mu majy’epfo y’umujyi wa Bukavu. Akaba ari uwo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Yari umugabo w’ubatse nubwo umubare w’abana be asize tutarabasha kuwumemya. .

Tags: AFC/m23GasinziraKivu yamajy'EpfoVisi guverineri
Share44Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Perezida ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Read moreDetails

M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
M’u Rwanda intama yabyaye itungura benshi.

M'u Rwanda intama yabyaye itungura benshi. I Rubavu ho mu gihugu cy'u Rwanda intama yabyaye abana batandatu icyarimwe, ibyatumye benshi batungurwa kuko bitari bimenyerewe. Aya makuru agaragaza neza...

Read moreDetails

Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
Amarira n’imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi.

Amarira n'imenshi ku batuye i Bubwari muri Fizi. Abantu 100 nibo byatangajwe ko bishwe n'umwuzure watewe n'imvura yaguye ari nyinshi i Bubwari muri teritware ya Fizi mu ntara...

Read moreDetails

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

by Bruce Bahanda
May 9, 2025
0
Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde?

Papa mushya Robert Francis Prevost waraye atowe ninde? Kiliziya Gatolika kuri ubu iraramutswa umushumba mushya ari we Papa Robert Francis Prevost, uyu niwe tugiye kuvuga ubuzima bwe nyuma...

Read moreDetails

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

by Bruce Bahanda
May 5, 2025
0
Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse.

Umugore wari umaze imyaka 63 yaraburiwe irengero yabonetse. Nyuma y'imyaka 63, umugore wo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika wari waburiwe irengero yabonetse ameze neza kandi ari muzima. Uyu...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?