• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

You might also like

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Byiringiro Robert uwo Abanyamulenge bakunze kwita Umunyakagara baramushinja gucuragurira amatora ayo biteguriramo gutora umuyobozi mukuru w’impunzi z’Abanye-Congo zibarizwa mu nkambi y’i Nyenkanda mu Burundi.

Ni mu matora ateganyijwe kuba tariki ya 22/05/2025, aho aya matora arimo abakandinda i cumi. Aba bose bariyamamariza umwanya umwe wa Chef-de Camp.

Muri aba bakandida barimo Abanyamulenge babiri, Abapfulero babiri, Umulega umwe Umuvila n’abandi.

Nk’uko babisobanura bavuga ko Abanyamulenge bose bari muri iyi nkambi bigiye hamwe batanga umukandida umwe uzabaserukira witwa Rukumbuzi Sebikabu.

Nyuma uwitwa Robert Byiringiro n’abandi bo mu kagara bamushigikiye batanga kandidatire ye, bityo Abanyamulenge baba bagize abakandinda babiri, ibyo aba Banyamulenge bavuga ko ari nko gucuragurira amatora ayo biteguriramo gutora umuyobozi mukuru w’i Kambi ya Nyenkanda.

Umutangabuhamya w’iyi nkuru yagize ati: “Icyo tunenga Byiringiro cya mbere ni uko yabigiyemo nyuma y’aho twari tumaze kwemeza uduhagararira twese Abanyamulenge! Kuba rero yarabigiyemo nyuma tubifata nko gucuragura.”

Yakomeje agira ati: “Ikindi tumwangiye ni uko tuzi ko atoturengera wa munsi wangire nte, hubwo yoduhamba! Usibye n’icyo yotumarisha.”

Uyu Byiringiro no mu busanzwe aba Banyamulenge bari muri iyi nkambi bavuga ko azabasekera mu mbonerakure z’u Burundi zikabafunga ubundi zikanabagirira nabi.

Byiringiro ni mwene Byangurube , yahoze atuye mu Cyohagati i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo. Kwitwa akagara bivuze kuba igipinga kitavuga rumwe n’abandi Banyamulenge aho bari hose ku isi, kuko kandi bamushinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro yica Abanyamulenge mu Burasizuba bwa Congo..

I kambi ya Nyenkanda iherereye mu ntara ya Ruyigi, ikaba ibarizwamo impunzi z’Abanye-Congo zibarirwa mu bihumbi birenga 10.

Umuyobozi benda gutora abafite ubushobozi bwo kugeza ibibazo by’impunzi rusange ku bategetsi barebwa nabyo b’igihugu bahungiyemo, cyangwa akaba yakigeza ku buyobozi bwa HRC mu Burundi. Ubundi kandi hari n’ibibazo bimwe nabimwe ashobora gukemura atiriwe abijana mu nzego zohejuru.

Tags: ByiringiroChef -de CampNyenkanda
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya Balkanisation - ubusesenguzi Uwamenyekanye cyane kuri Tuungane Minembwe, imwe mu ma radio akorera mu misozi miremire y'i Mulenge,...

Read moreDetails

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw'abasivili benshi Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z'intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n'abaturage bihitana abatari bake....

Read moreDetails

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyohereje Brigadier General Amuli Civiri na Brigadier General Ilunga Kabamba mu mujyi...

Read moreDetails

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabyukiye mu mirwano na Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry'ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?