• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

You might also like

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Umugabo uheruka guhabwa akazi ku busekirite mu nkambi y’i mpunzi ya Musasa iherereye mu ntara ya Ngonzi mu gihugu cy’u Burundi, abayirimo bamusabye kubaha amahoro.

Bikubiye mu butumwa bw’amajwi n’uburi mu nyandiko abari i Musasa bahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ni nyuma y’aho uwitwa Sadoki Kandida ukora akazi ku busekirite akomeje ku babangamiye ku kigero kiri hejuru cyane.

Nubwo abatanze ubwo butumwa badashaka kwimenyekanisha ku mpamvu z’umutekano wabo, ariko mu butumwa bwabo bagaragaza ko uriya musekirite ababangamiye cyane.

Ubutumwa bwabo butangira bugira buti: “Turabasuhuje, twebwe dutuye i Musasa mu nkambi. Turifuza ko wo tambutsa ubutumwa bwacu mu makuru kuko tubangamiwe cyane n’Umugabo uheruka guhabwa akazi ku busekirite hano mu nkambi. Yitwa Kandida ni uwo mu muryango wa Badinzi ni Umunyamulenge.”

Ubu butumwa bunagaragaza ko Kandida atari we ukora ako kazi ku busekirite wenyine, hubwo ko agakorana n’abandi Banyamulenge batatu ndetse n’abandi basore bo mu bwoko bw’Abafulero. Ariko ko uyu Kandida ari we ubabangamiye impunzi wenyine, kandi ko ahanini abangamira abo mu bwoko bwabo Abanyamulenge.

Bagasobanura ko nyuma y’isaha zitatu z’ijoro nk’uko amategeko y’inkambi abiteganya, mu gihe agize uwo asanga imbere y’urugo rwiwe cyangwa hirya yarwo, abahana kimwe bose, kuko ahita abajana gufungirwa muri kasho y’igipolisi iraho hafi.

Banatanze n’urugero bavuga ko kuri ubu afungishije abantu barindwi, barimo Abanyamulenge batandatu, mu gihe uwo mubwoko bw’Abafulero we ari umwe gusa.

Ati: “Si ukuvuga ngo Abanyamulenge nibo batumvira gusa, hubwo abafungisha nkana. Twaramwigishije ariko yaratunaniye.”

Ndetse banavuze ko umusore w’Umunyamulenge yaraye afungishije mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 13/05/2025, ko yamusanze imbere y’ubwiherero( toilet) yagiye kwihagarika. Ibi bikaba bikomeje kuzamura imyivumbagatanyo ku mpuzi ziri muri iyi nkambi y’i Musasa.

Bityo, bagasaba ubuyobozi bw’i nkambi n’ubwa Leta, ndetse n’abavandimwe ba Kandinda kumugira inama agatanga amahoro ku mpunzi kuko zifite ibibazo byisnhi biziraje inshinga.

Ati: “Ubutumwa bwacu ni ukugira ngo ubuyobozi bwo hejuru bumenye aya makuru, ndetse kandi Kandida afite n’abavandimwe be bari kure n’abari hafi bamugire inama aduhe umutekano. Turifuza gutekana kuko ibibazo dufite n’ibyinshi, n’ibyubuhunzi byonyine biraturuhije.”

Tags: AbaturanyiamahoroKandindaMusasa
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya Balkanisation - ubusesenguzi Uwamenyekanye cyane kuri Tuungane Minembwe, imwe mu ma radio akorera mu misozi miremire y'i Mulenge,...

Read moreDetails

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw'abasivili benshi Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z'intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n'abaturage bihitana abatari bake....

Read moreDetails

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyohereje Brigadier General Amuli Civiri na Brigadier General Ilunga Kabamba mu mujyi...

Read moreDetails

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabyukiye mu mirwano na Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?