Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

You might also like

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo wa siporo, Didier Budimbu, yasinyanye amasezerano n’ikipe yo mu Bufaransa, As Monaco aho izajya iyiha miliyoni 1.6 y’amadorali buri gihembwe.

Ni amasezerano bivugwa ko ari ingirakamaro kuri RDC, ngo kuko agamije guteza imbere umupira w’amaguru muri iki gihugu.

Harimo kandi ibahasha y’ama-Euro 200.000 yo kwishura ingendo zifitanye isano n’ibikorwa bya As Monaco.

Amakuru akomeza avuga ko 80% by’amasezerano azagenerwa amahugurwa mu rwego rwa siporo, mu gihe 20% ashobora gukoreshwa mu bikorwa byo kumenyekanisha iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubufatanye buteganya guhererekanya ubumenyi, cyane cyane amahugurwa ya tekinike no gushyigikira impano z’abasore ba Banye-Congo. Binavugwa kandi ko ibyaya amasezerano byatwaye amezi arindwi birimo kuganirwaho.

Gusa, minisitiri wa siporo yemeje ko iki gikorwa cyakozwe mu mwuka mwiza kandi ko iwe kugiti cye ntanyungu abifitemo usibye Abanye-Congo.

Tags: AmaseseranoAs MonacoRdc
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe. Muri Nigeria abarwanyi bo mu mutwe wa kiyisilamu bateye ikigo cya Batayo ya Task Force iherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba...

Read moreDetails

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame. Umukuru w'igihugu cya Afrika y'Epfo, Cyril Ramophosa, yatangaje ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida w'u...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibyatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika byo guhagarika...

Read moreDetails

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
0
AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya.

AFC/M23 yongeye kunguka bikomeye amaboko mashya. Urubyiruko n'abahoze mu gisirikare n'igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo i Goma no mu nkengero zayo, bakomeje kwiyunga ku bwinshi ku...

Read moreDetails

Hatanzwe umucyo w’uburyo perezida w’u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y’Amajyepfo amenyeshwa n’icyo agiye kubiboneramo.

by Bruce Bahanda
May 12, 2025
1
Kera kabaye, perezida w’u Burundi ngwarashaka gusaba imbabazi u Rwanda.

Hatanzwe umucyo w'uburyo perezida w'u Burundi arimo kwica abaturage muri Kivu y'Amajyepfo amenyeshwa n'icyo agiye kubiboneramo. U Burundi bwitikiriye ijoro bwa mbutsa intwaro nyinshi buziha insoresore zo muri...

Read moreDetails
Next Post
Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?