Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Leta ya perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuye ku izima igaragaza ko ishinja Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuba yarerekeje mu Rwanda mbere yuko aja mu Burasizuba bw’iki gihugu mu mpera z’ukwezi kwa kane uyu mwaka.

Mbere yuko Joseph Kabila yerekeza i Goma abanjye kunyura i Kigali mu Rwanda, yari yatangaje ko ateganya gusubira mu gihugu cye.

Ubwo amakuru yatangiye kuvugwa ko uyu mugabo yageze i Goma, ni bwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwatangiye ku mushinja ibyaha, ndetse bumufatira n’ibihano birimo ku mukurikirana mu nkiko, guhagarika ibikorwa by’ishyaka rye rya PPRD no gufatira imitungo ye yose.

Itangazo minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yasohoye ku itariki ya 24/04/2025, ryasabaga umushinjacyaha mukuru w’u rukiko rushyinzwe kurinda itegeko nshinga ry’iki gihugu gukurikirana Kabila, yagaragaje ko uriya wahoze ari perezida kuba yarakoreye urugendo mu Rwanda cyangwa mu bice bigenzurwa na AFC/M23 birimo kwirengangiza.

Yagize ati: “Nk’uwabaye umukuru w’igihugu ntiyari akwiye kujya mu Rwanda no mu duce twigaruriwe na M23, inzego za Leta zitabizi.”

Ariko nyamara kugeza ubu nta gihamya kigaragaza ko Kabila yaba yarageze i Kigali mu Rwanda cyangwa i Goma, kuko nta photo nta cyabaye, nta nahamwe amashusho amugaragaza ari muri ibyo bice. Ubundi kandi ishyaka rye rya PPRD riri mubanyomoje ariya makuru yavugaga ko aherereye i Goma.

Ndetse nyuma yabwo, uyu Kabila yaje kugaragara ari i Mbabana muri Eswatini, aho yari mu kirori cy’isabukuru y’amavuko y’umwami Muswati III.

Mu cyumweru nabwo gishyize, hari andi makuru yo yavugaga ko perezida Museveni wa Uganda yamwimye inzira yo kuba yakwerekeza mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo avuye mu rimwe mu bihugu byo kuri uyu mugabane wa Afrika.

Tags: ImushinjaKabilaKinshasa
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post
Ibya RDC n’u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Ibya RDC n'u Rwanda byongeye kuzamo kidobya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?