Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2025
in Regional Politics
0
I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

You might also like

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa.

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na RDC atokubahirizwa.

Abaturage b’i Kaziba muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho abarwanyi bo mu mutwe wa M23 baheruka gufata bagaragaje ko aba barwanyi bakora ibyiza nk’abamaraika bo mu ijuru, gusa bakifuza ko bakomeza bakagura ibirindiro.

Ni mu butumwa MCN ikesha umwe mu baturage batuye i Kaziba witwa Cosmos Birindwa, mu butumwa yaduhaye bugira buti: “Njyewe ndi Kaziba, ni ho M23 iheruka gufata. Izi nshuti nta kibazo cyazo, bari kudukorera neza, yewe ndetse bakora nk’abamaraika bo mu juru.”

Ibyingenzi Cosmos yagaragaje uyu mutwe ukomeje kubakorera iwabo, harimo ko wabahaye ubwisanzure, umutekano, ntamabariyeri akirangwa muri icyo gice nk’ayahabaga igihe cya FARDC n’ibindi.

Ati: “Ubu dufite amahoro, turaryama tugasinzira. Turatembera nta mabariyeri akihaba nk’ayahabaga igihe cya mbere.”

Ikibazo uyu munya-kaziba yagaragaje ni uko bo bifuza ko uyu mutwe wa M23 ukomeza imirwano ukirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu misozi yo muri iki gice, ngo kuko nyuma y’aho FARDC n’abambari bayo batsinzwe urugamba bahungiye mu misozi iri hejuru y’aho.

Ndetse yanavuze ko bafite amakuru avuga ko ziriya ngabo za Leta ziri gukomeza kwiyongera muri iriya misozi, ngo kuko zigamije kongera kwisubiza iki gice cya Kaziba.

Ati: “Dufite amakuru ko ziriya ngabo za Leta zikomeje kwiyongera mu misozi. Zirateganya kwisubiza Kaziba, n’inkengero zayo. Ni icyo kiduteye ubwoba.”

Kubw’aba banya-kaziba ni uko abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bokwirukana iri huriro ry’ingabo za Congo bagafata teritware yose ya Walungu, ndetse n’iya Uvira, iturukamo Wazalendo, FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi zikagaba ibitero mu duce twamaze kubohorwa n’uyu mutwe.

Nko mu byumweru bitatu bishize, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe bafashe umujyi wa Kaziba, n’utundi duce duherereye muri ibyo bice, birimo na grupema ya Luciga yo muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi kamere.

Kuva ibyo bice byigaruriwe n’uyu mutwe, amahoro yadutashyemo, ubundi abaturage bahabwa agaciro gatandukanye no mu bihe byashyize ubwo barebwaga n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo.

Tags: AbamaraikaKazibaM23
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano Umugabo w'Umunya-Somalia, umunya-Uganda n'Umunyafrika-y'Epfo, ibashinja gufasha umutwe w'iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa.

Abahuza babiri kubibazo bya RDC bageze i Kinshasa. Sahle Work Zewde wayoboye Ethiopia na Catherine Samba Panza wayoboye Centrafrique bagiriye uruzinduko rwakazi i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y’amahoro yasinywe n’u Rwanda na RDC atokubahirizwa.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y'amahoro yasinywe n'u Rwanda na RDC atokubahirizwa. Haramutse hatubahirijwe ibyateweho umukono ku masezerano y'amahoro hagati ya Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry'umupaka wa Bunagana. Nyuma y'aho umupaka wa Bunagana ufunguwe bigizwemo uruhare na Leta ya Uganda biravugwa ko byateye ukutavuga rumwe hagati ya...

Read moreDetails

Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Leta Zunze ubumwe z'Amerika na Qatar bishaka ko ibiganiro byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails
Next Post
M23 yahanuye drone y’Ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

M23 yahanuye drone y'Ingabo za Congo muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?