Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 16, 2025
in Regional Politics
0
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

You might also like

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

Kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo byateje impaka zikomeye muri Sena kugeza aho iyi Sena yarushe ishyiraho komisiyo ibigira iki gomba gukorwa kuri uwo mwanzuro.

Gushyiraho komisiyo ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya Sena yateranye ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 15/05/2025, nyuma y’impaka zabaye hagati y’abashyigikiye kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila nabatabishyigikiye.

Bivugwa ko muri iyi nama yabereye mu muhezo, abasenateri bacitsemo ibice aho hari n’abivumbuye bagahuguruka buri kanya basaba ijambo abandi bahitamo kwisohokera ibiganiro bitararangira.

Izo mpaka z’urudaca zatangijwe n’igitekerezo cyantanzwe na Senateri Christine Mwando Katempa, ku ngingo ya 2024 y’amategeko agenga imikorere ya Sena.

Kuko iyo ngingo isobanura ko umwanzuro wo kwambura cyangwa kutambura ubudahangarwa senateri w’ubuzima bwose ugomba gushyikirizwa inteko rusange ya kongere aho kuba mu nama rusange ya sena gusa.

Leta y’i Kinshasa ibinyujije ku bushinjacyaha bwayo, ishinja Kabila ibyaha birimo ubugambanyi, ubwicanyi, kuba mu mutwe w’igometse ku butegetsi, ibyaha by’intambara n’i by’ibasira inyokomuntu.

Ubutegetsi bwa Tshisekedi bukaba bushaka ko Kabila byanze bikunze yinjizwa muri gereza.

Ni mu gihe kandi no mu kwezi gushize, ubucamanza bwatangaje ko bwafatiye Kabila imitungo ye, aha hari nyuma yuko yariyavuzwe mu Burasizuba bwa Congo ahagenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23.

Tshisekedi ubwe wenyine, avuga ko Kabila ari we muntu wa mbere utera inkunga ikomeye umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, rigamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwe.

Tags: Bombori bomboriKabilaKinshasaSena
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi. Umunyapolitiki, Robert Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, akaba arwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yiswe Umurundi. Bikubiye mu butumwa...

Read moreDetails

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry’imipaka.

RDC yatumije ambasaderi wa Uganda i Kinshasa gutanga ibisobanuro ku ifungurwa ry'imipaka. Alhajji Kalisa Farid, uhagarariye Uganda muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yahamagajwe n'ubutegetsi bw'iki gihugu gutanga...

Read moreDetails

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yateye ikibazo uwashyize u Rwanda na Congo...

Read moreDetails

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
FARDC yakoze impinduka mu buyobozi.

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi. Umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, Lieutenant General Banza Mwalambwe, yakoze impinduka mu gisirikare cya FARDC mu turere tw'imirwano. Izi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse kuri Marie ushinjwa gukora icyaha cyo kwica umuyobozi i Bukavu.

Ibyimbitse kuri Marie ushinjwa gukora icyaha cyo kwica umuyobozi i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?