Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rwa mbikaniye mu misozi ya Uvira biracika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 18, 2025
in Conflict & Security
0
Rwa mbikaniye mu misozi ya Uvira biracika.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwa mbikaniye mu misozi ya Uvira biracika.

You might also like

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Ihuriro ry’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi zateye mu misozi ya Rurambo igenzurwa n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, iyi mitwe izusubiza inyuma, nk’uko amasoko yacu atandukanye abigaragaza.

Ahagana isaha zi gicamunsi cy’ejo ku wa gatandatu tariki ya 17/05/2025, ni bwo ibyo bitero byagabwe mu gace ka Kageregere ko mu misozi ya Rurambo.

Aka gace kagabwemo icyo gitero gikaze bizwi ko gaherereye muri Grupema ya Kigoma mu gihe cheferi yo ari iya Bafuliru muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru atangwa n’uru ruhande rwa Leta avuga ko kiriya gitero rwagabye muri aka gace zirukanye uruhande rwa Twirwaneho na M23, mu gihe andi makuru yo ahamya ko uru ruhande rwa Leta ko rwaboneye ibyago bikomeye muri iki gitero.

Ni byago amakuru akomeza avuga ko FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo bakomereketse ku bwinshi ndetse abandi bafatwa mpiri.

Si ugukomerekaga gusa no gufatwa mpiri, kuko kandi abenshi bo muri bo bahasize ubuzima nubwo kumenya umubare wabo bikigoranye.

Ikindi ni uko izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa muri iki gitero zagabye i Kageregere zaje ziturutse mu nzira zirenze imwe, harimo iya Gatobwe na Masango.

Nyamara abarwanyi bo muri Twirwaneho na M23 nubwo aribo bagabweho icyo gitero, ariko babashe gukubita inshuro ababagabyeho igitero, nk’uko amasoko yacu atandukanye abihamya.

Hejuru y’ibyo, iyi mirwano yabereye muri ibyo bice yumvikaniyemo imbunda ziremereye n’izoroheje, kandi bikavugwa ko itari yoroshye namba, nubwo byarangiye abagabye iki gitero basubijwe inyuma.

Tubibutsa ko iyi mirwano yabaye nyuma y’iminsi ibiri umugaba mukuru w’Ingabo za Congo n’uw’u Burundi bavuye mu nama i Uvira.

Ni nama bivugwa ko yariyo gukomeza Wazalendo, FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi. Nyuma y’aho ndetse aba bakuru b’ingabo bahaviriye ku wa gatatu muri iki cyumweru, bahise bohereza izi ngabo zabo ibikoresho bya gisirikare bikomeye.

Bikavugwa ko ari nayo mpamvu uru ruhande rwa Leta rwahise rutangira kugaba ibitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, baherereye mu misozi ya Uvira.

Tags: ImirwanoKageregereRuramboUvira
Share50Tweet31Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Iby'akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Igitero ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke cyaguyemo umusirikare mukuru...

Read moreDetails

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza. Ibitero ihuriro ry'Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo zagabye mu duce dutuwe n'Abanyamulenge two mu Mikenke ho muri secteur...

Read moreDetails

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace. Nyuma y'aho FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y'Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23...

Read moreDetails

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye. Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari...

Read moreDetails

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
1
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila. Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mu 2018, Sena...

Read moreDetails
Next Post
Muri Rusizi hasanzwe imirambo y’ingabo za FARDC.

Muri Rusizi hasanzwe imirambo y'ingabo za FARDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?